Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibyihebe byishe abasirikare batatu b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique. Hari hashize iminsi mike ibyihebe byo muri “Islamic State” bikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique...
Donald Trump akigera ku butegetsi yasinye itegeko ribuza ababana bahuje ibitsina kujya mu gisirikare, nyuma y’igihe gito avuga ko agomba gushyiraho amategeko na politike bihindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu mirimo itandukanye. Nyuma y’iminsi irindwi...
Umuhanzi w’umunya- Uganda Bebe Cool ari mu byishimo byo kuba umwana we Alpha Ssali yasinyiye ikipe ya NEC Football Club isanzwe iterwa inkunga n’igisirikare cya Uganda. Ni bimwe mu byo yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze tariki 27 Mutarama...
Umusore w’imyaka 22, Tyler Buchanan, Umwe mu Bahanga mu Kwiba Amakuru y’Ikoranabuhanga (Scattered Spider) yatawe muri yombi.
Intego nyamukuru y’iri tegeko ni ukurinda abana ibyago bishobora kubageraho mu gihe bakoresha imbuga nkoranyambaga.
Judith Babirye, umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Uganda, amaze imyaka itanu aba muri Canada nyuma yo kuhimukira mu 2018. Yibarutse umwana wa kabiri nyuma y’uko ahagera, ubwo yari afite imyaka 42. Uyu muririmbyi wamenyekanye cyane arashishikariza Abanya-Uganda...
Isi y’imyidagaduro muri Kenya iherutse kujya mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa Tabitha Gatwiri, umunyakenya w’umuhanga mu guhanga ibihangano (content creator) no gukina filime, wapfuye ku itariki ya 30 Ukwakira afite imyaka 29 gusa. Tabitha, wamamaye cyane kubera...
Minisitiri w’Intebe wa Mali, Choguel Kokalla Maïga, wari umaze imyaka itatu kuri uwo mwanya, yirukanwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 20 Ugushyingo 2024. Iri yirukanwa ryatangajwe mu iteka ryasomwe kuri Televiziyo y’Igihugu na Alfousseyni Diawara,...
Kugurisha Chrome na Android ni igice cy’ingamba nini zo guca intege Google, harimo no guhagarika amasezerano ya miliyari nyinshi y’amadolari isinyana na Apple n’abandi bakora ibikoresho by’ikoranabuhanga kugira ngo urubuga rwa Google rube urwo kwihitirwamo.
Ku wa Gatanu, Bebe Cool yanditse ku rubuga rwa X (Twitter) ko ari mu byiciro bya nyuma byo gusohora alubumu ye yise Break The Chains. "Iyi alubumu igamije kwerekana icyerekezo cy’ahazaza, gushyira mu bikorwa ibyo twatekereje, gushaka amahirwe,...