Umuhanzikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Nandor Love yatangaje ko adafite na kwicuza na gato ku magambo yavuze asubiza Bebe Cool, ni nyuma y’uko uyu muhanzi munini mu gihugu cya Uganda ndetse no muri Furika atanze ibitekerezo ku muziki ndetse...
Umwuka mubi hagati y’inshuti ebyiri zahoze zikorana byahafi ukomeje ku gukara, nyuma y’uko Abryanz atangaje ko agiye gutumira Skyla Tyla mu birori bizabera mu gihugu, bibaye nyuma y’iminsi mike havuagwa amakimbirane hagatiye na Sheilah Gashumba. Skyla Tyla, umu-DJ,...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gukomeza gufunga by’agateganyo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad n’abandi batatu bareganwa, rushimangira ko ibyaha bakurikiranyweho bifite uburemere bukwiye gukomeza iperereza rikorwa bari muri gereza. Uyu mwanzuro wafashwe ku wa 5 Mutarama...
Iperereza ku mpanuka y’imodoka yahitanye umupolisi rikomeje gutuma hagaragara andi makuru mashya ku kibazo cya Arnold Ishimwe uzwi nka DJ Toxxyk, umaze iminsi afunzwe n’inzego z’umutekano. Iyi dosiye ikomeje gufata indi ntera bitewe n’ibyagiye bigaragara nyuma y’ifatwa rye,...
Mesach Semakula yashimiye bimazayo Ziza Bafana, ayamashime yamugaragaje nk’umwe mu bahanzi bafite impano idasanzwe mu muziki, by’umwihariko ashimangira ijwi rye ryihariye n’ubumenyi bwo gucuranga ibikoresho bitandukanye by’umuziki. Mu kiganiro cyaciye kuri YouTube, Mesach yavuze ko Ziza Bafana ari...
Iterambere ry’umuziki nyarwanda rikomeje kwigaragaza ku mugabane wa Afurika, aho abahanzi bo mu bihugu bitandukanye batangiye kuwufata nk’urwego rushya rufite aho rugana. Ibi bigaragazwa n’uburyo umuhanzi Bruce Melodie aheruka gutangaza ko umwe mu bahanzi bakomeye muri Nigeria, Yemi...
Nyuma y’igihe cyari cyararanzwe n’ibigeragezo bikomeye, umuhanzi Bill Ruzima ari mu bantu bari kuvugwaho urugendo rwo kwiyubaka no guhindura ubuzima bwe, aho yavuye mu ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge agahitamo inzira yo kwiyitaho, kwiyubaka no kwegera Imana. Ruzima, wamenyekanye cyane mu...
Ku wa 1 Mutarama 2026, igitaramo “The New Year Groove” cya The Ben cyakiriye Bruce Melodie muri BK Arena, cyagaragaje byinshi ubushobozi n’ubumwe bw’abahanzi b’Abanyarwanda. Iki gitaramo cyabaye urugero rw’uko gukorana n’ubufatanye bishobora guteza imbere umuziki nyarwanda, nubwo...
Umuhanzi Yampano yahishuye ko ibihe byamukomereye mu buzima bwe bitatangiriye ku mashusho ye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo ko byakurikiwe n’ibindi byago bikomeye byamugizeho ingaruka zikomeye mu muryango we. Mu kiganiro yagiranye na MIE Empire ya Murindahabi Irene,...
Mu gitaramo cya mbere cy’uruhererekane ari gukorera i Las Vegas, Jennifer Lopez yongeye kugaragaza ko yishimira uwo ari we, ashyira imbere icyizere n’ubwisanzure mu myambarire, aho yasubije abamunenga mu buryo burimo urwenya n’ubwitonzi. Iki gitaramo cyabereye muri Colosseum...