Umuhanzi uri mu bakize muri Afurika Mr Eazi nyuma yo gukora ubukwe bwabereye ku migabane itatu yaje mu Rwanda gusura ibikorwa by'ubucuruzi yahatangije mu 2022. Mr Eazi wahiriwe n'ishoramari mu bihugu 18 byo muri Afurika ari kugirira ibihe...
Tiwa Savage yavuze ko agikunda Wizkid bigeze kukanyuzaho mu 2016 Abahanzi babiri bahiriwe n'umuziki Tiwa Savage na Wizkid ahagana mu 2016 bigeze guhararana kugeza ubwo banahuriye mu ndirimbo zirimo Ma Lo, Fever, Dis Love, Bad n'ibitaramo bitandukanye bagiye...
Umuhanzi Okkama uri mu bagezweho mu Rwanda ari mu myiteguro yo gushyira hanze EP yise Nyamabara anizihiza imyaka amaze mu muziki. Okkama agiye kwizihiza imyaka 5 mu muzikiUmuhanzi ugezweho mu Rwanda Okkama ari mu myiteguro y'igitaramo ateganya ku...
Umunyarwenya wo muri Kenya Eric Omondi azayobora ibirori bitegurwa na Sherrie Silver. Makeda azafatanya na Eric Omondi mu kuyobora ibirori Ni Ibirori bitegerejwemo umuhangamideri wo muri Nigeria Ugo Mozie yatumiwe na Sherrie Silver mu birori bitegerejwe ku ya...
Nyuma y'amezi atandatu ari I Burayi Uwicyeza Pamela yatashye yakirwa mu birori bibereye ijisho byateguwe na The Ben Umuhanzi w'umunyabigwi mu muziki w' u Rwanda;The Ben yakoze ibirori byabereye mu rugo aho yakiriye umugore we Uwicyeza Pamela n'imfura...
Umuhanzi w'umunyabigwi Akon ari kuvugwa mu nkuru za gatanya n'umugore bamaze imyaka 28 babana. Tomeka Thiam, washakanye na Akon ku wa 15 Nzeri 1996 yasabye urukiko ko bahabwa gatanya.TMZ yanditse ko yabonye dosiye ya Tomeka Thiam irimo ibyo...
Umuhanzikazi w’ikirangire ku Isi, Céline Dion, yari yaririmbye mu ndirimbo ya Patrick Norman yasubiyemo yise “Quand on est en amour” irimo abahanzi Nyarwanda ndetse n'abo muri Canada, ariko ntiyabashije kuyisoza bitewe n’uburwayi. Iyi ndirimbo yakozwe ku bufatanye n’abahanzi...
Abahanzi Babo na Ariel Wayz bafungiye I Remera. Abahanzi Babo Ekeight na Ariel Wayz bafashwe bafungiye muri kasho y'i Remera. Amakuru Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda ACP Bonifase Rutikanga yabwiye The New Times ko bafashwe barenze ku mabwiriza...
rikaba rizitabirwa n'abahanga imideli bo mu bihugu nka South Africa, Kenya, Central Africa, Rwanda, USA na Senegal n’abamurika imideli babigize umwuga. Tariki ya 04 Ukwakira 2025 muri Institut Français (Francophone Cultural Centre of Rwanda) hazabera Kigali Fashion Festival...
Umuyobozi Mukuru w'Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB yabengutse umuziki wa Ruti Joel dore ko amufata nk'umuhanzi w'ibihe byose mu Rwanda. Umuyobozi Mukuru w'Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere (RGB) Dr Doris Uwicyeza Picard yabengutse umuziki wa Ruti Joel wiyeguruye imiririmbire yo hambere...