Umuhanzi ubifatanya no gutunganya indirimbo, Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element EleéeH, yanditse amateka mashya mu muziki nyarwanda nyuma yo kwegukana igihembo cy’Umuhanga mwiza mu gutunganya imiziki (Producer of the Year 2025) mu bihembo bikomeye bya AFRIMA (All...
Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yagaragaje ko umwaka wa 2025, wamushaririye akagera n’aho asa nucika inege, ariko agakomezwa n’abana be babiri b’abakobwa yabyaranye na Meddy Saleh, akabavuga ko aribo bamubaye hafi. Uyu mubyeyi yabigarutseho mu butamwa yacishije...
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje ko ibirego biregwamo umunyamakuru MC Kats bimaze iminsi, atari ukuri. Uyu munyamakuru yashinje Ishyirahamwe ry’Abahanzi (UNMF – Uganda National Musicians Federation) ko ryahaye umuhanzikazi Fille Mutoni inkunga y’amafaranga angana na...
Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje kwaguka no kwinjira mu isoko mpuzamahanga, izina rya Bruce Melodie rikomeje kwigaragaza nk’iriri mu ruhembe rw’imbere mu guhesha u Rwanda ishema no kugaragaza ko impano z’Abanyarwanda zifite aho zigana. Nubwo ari umwe mu...
Uruzinduko rw’Umunyamerika Darren Watkins Jr., wamamaye cyane nka IShowSpeed, mu Rwanda rwabaye ikintu gikomeye cyagize ingaruka nziza zirenze uruzinduko rusanzwe, n’uruzinduko rwagaragaza imbaraga z’igihugu mu gukoresha imbuga nkoranyambaga nk’umuyoboro wo kwiyereka Isi. IShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane...
Uyu munsi izina Sat-B riri mu akunzwe cyane mu muziki wo mu karere k’Ibiyaga Bigari, ariko inyuma y’icyo cyubahiro hari inkuru y’urugendo rurerure rwaranzwe n’ubukene, gusuzugurwa n’igeragezwa rikomeye. Sat-B, amazina ye nyakuri akaba Bizimana Abubakar Kalume, ni urugero...
Bruce Melodie yatangaje ko agitangira umuziki yabuze aho ahera hanyuma yigira inama yo kwihagarika ku nyubako ya UTC mu rwe rwo kugira ngo bavugwa mu bitangazamakuru ariko umunyamakuru Kalisa John bari bitezeho ko ari bubagurukeho mu nkuru ntiyabikora....
Feffe Bussi yagaragaje ko yishimiye cyane amakimbirane akomeje kuba hagati y’ibyamamare bikomeye mu muziki, Bebe Cool na Eddy Kenzo, aho umwuka mubi ukomeje gukomera hagati y’amatsinda ababombi ariyo Gagamel na Big Talent. Mu minsi ishize, aya matsinda yombi...
Ihuriro ry’Abahanzi muri Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF) ryakiriye andi mafaranga angana na miliyari 5 z’amashilingi ya Uganda (Shs5bn) aturutse muri Leta, agamije kongera imbaraga mu kigega cya SACCO, hagamijwe guteza imbere inkunga ihabwa abahanzi hirya...
Umusozi wa Kiruri, uzwi cyane mu mateka y’ubuhanzi nyarwanda, ugiye kwinjira mu kindi cyiciro cy’iterambere nyuma y’uko Umusizi Junior Rumaga awugabiwe kugira ngo awubyaze umusaruro ujyanye n’ubukerarugendo n’imishinga ihuza ubuhanzi n’ubukungu. Aya masezerano yasinywe ku wa 8 Mutarama...