Umunya - uganda uzwi cyane kuri TikTok no mu gukora ibihangano kuri murandasi, Zayra Baby, yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara kuri murandasi mu mezi make ashize. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram , Zayra Baby wamenyekanye mu bikorwa...
Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado, yashyize umucyo ku makuru maze gihe avugwa ku mugore we, Daphine Frankstock, ubu utuye muri Canada, avuga ko ameze neza kandi yishimye, nubwo hari hashize igihe havugwa ibihuha bitandukanye. Mu mpera za...
Umuhanzi w’imideli wo muri Uganda, Mr. Wind, witwa John Mukwaya, yavugishije abantu nyuma yo gutera umwuka mubi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru ashinja Bebe Cool na Bobi Wine ibintu bikomeye. Mu kiganiro yagiranye na Spark TV, uy'umuhanzi...
Indirimbo “See You Tonight” ya Cindy Sanyu yafatanyijemo na Omega 256, yatagiye kwerekanwa ku itariki ya 17 Kanama 2025, n’indirimbo imaze kurebwa n’abasaga miliyoni 2 kuri YouTube. Amashusho yayo yashyizwe ahagaragara kuri konti ya YouTube ya Omega 256...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Nzeri 2025, Bimwe mu byamamarere birimo umuhanzikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Yemi Alade wo muri Nigeria, hamwe na Bacary Sagna, wahoze ari muri myugariro w’ikipe ya Arsenal , bageze mu Rwanda...
Umuraperikazi w’Umunyamerika, Cardi B, yatsinze urubanza yarezwemo mu rukiko rwa Los Angeles, aho yashinjwaga n’umwe mu barinzi be ko yamukubise mu mwaka wa 2018, akamusaba indishyi za miliyoni 24 z’amadolari. Urukiko rwemeje ko Belvalis Marlenis Almanzar wamenyekanye ku...
Cinderella ‘Cindy’ Sanyu yakoze igitaramo gikomeye ku kibuga cya Millennium i Lugogo ku wa Gatanu, aha yaherekaniye ubuhanga bwe budasanzwe mu muziki ndetse no gukurura imbaga y’abantu, bikagaragaza ko akiri ku isonga mu bahanzi bo mu karere. Iki...
Iyi nkuru ikubiyemo amakuru avugwa mu isi y’imyidagaduro. Ntabwo twakusanyije amakuru menshi ahubwo twakurikiranye ikibazo cya Bushali n'umuyobozi wa PSF I Nyamasheke aho twasanze uwo muraperi ari kwigiza nkana kuko yishe amasezerano. Umuraperi Bushali yanditse ku rubuga rwa...
Umucuruzikazi akaba n’icyamamare muri Afurika, Zari Hassan, yagaragaje ko afite agahinda n’ubwoba nyuma y’uko umugabo we, Shakib Cham Lutaaya, atsinzwe na Rickman Manrick, umuririmbyi w’Umunya-Uganda, mu mukino w’iteramakofe w’abamamaye nka “The Kampala Rumble,” wabereye kuri MTN Arena Lugogo...
Umukinnyi Killian Mbappé yatangaje ko akunda umuziki wa Davido by'umwihariko akaba muri iyi minsi ari kumva cyane 'With You 'ya Davido na Omah Lay. Davido ni umwe mu bahanzi batatu bakunzwe muri Nigeria akaba yaratumye habaho inyabutatu nyuma...