Inganda zitunganya umuziki muri Tanzania ziri mu bihe bikomeye bitegeze bibaho mu bihe byatambutse , aho abakunzi b’umuziki bahagaritse gushyigikira abahanzi b’imbere mu gihugu. Francis Antony Ciza, wamamaye nka Majjizo, Umuyobozi mukuru wa EFM na TV E, basabye...
Umuhanzikazi Spice Diana yahaye inama y’ingenzi ku nshuti ye y’akadasohoka, umunyamuziki Chosen Becky, uy'uburyo yashinga neza urugo rugakomera. Spice Diana yasabye inshuti ye kwitondera igeso zitari nziza no kwicisha bugufi imbere y'umugabo we, kuba umwizerwa no kumya icyo...
Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025 , umuyobozi w'inzu itunganyirizwamo umuziki (Mavin Records), Don Jazzy, yavuze ko kutubaha abahanzi ari yo mpamvu ikomeye cyane ituma abafite label nshya bagira ibibazo. Don Jazzy, umwe mu bayobozi b’amashyirahamwe akomeye, atunganya...
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nigeria, Ruger, yatangaje ibitekerezo bye ku bagore bibagishije bagamije kongera ikibuno n’amabere, ibizwi nka ‘Brazilian Butt Lift (BBL)’, avuga ko abenshi muri bo abona bafite imyitwarire idahwitse. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X,...
Umuhanzi Mesach Semakula yasangije ibitekerezo bye ku nshingano z'abagore biyemeza kugira ngo bagaragaze isura y’umugore nyakuri w’umwizerwa mu rugo. Mu kiganiro yagiranye na SparkGirlfriends, Semakula yasobanuye ko kuba umugore w’urugo bifite inshingano runaka, inshingano y’uko bamwe mu bagore bakiri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko atishimiye uburyo televiziyo CNN ikora, asaba ko ihindurirwa abayiyobora cyangwa igashyirwa mu maboko y’abashoramari bashya mu gihe Warner Bros. Discovery (WBD) ibarizwamo igiye kugurishwa. Ibi yabivugiye...
Producer (utangnya imiziki) kaba n'umuhanzi Element ukomeje kugira ijwi ryiza mu ruganda rwa muzika muri Afurika, yahawe bimwe mu bihembo by'ishimwe 'Africa Super Star' mu bihembo bya "ODA Awards" bitangirwa muri Ethiopia. Ni igihembo cyamuzamuye kimugeza ku rwego...
Umuhanzi akaba n'umwanditsi w'indirmbo, Niyo Bosco, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025 mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, yahasezeraniye imbere y’amategeko n’umukunzi we yitwa Mukamisha Irene bitegura kurushinga mu minsi iri imbere. Niyo bosco wamamaye mu...
Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Spice Diana yatangaje ko yumva igihe cye cyo gushyira ku mugaragaro urukundo rwe cyegereje, cyane cyane nyuma yo kubona bagenzi be b’abahanzi b’abagore batangira kurushinga no kwambikana impeta. Ibi abivuze nyuma yo kwitabira ibirori byo byo...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Lydia Jazmine, yatangaje ko nta muhanzi urusha Tracy Melon gukora ibikorwa bikomeye mu muziki muri uyu mwaka wa 2025, bityo ko akwiye guhabwa igihembo cy’Umuhanzi w’Umwaka. Tracy Melon yatangiye kumenyekana muri 2021 ubwo yabaga...