• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Abtex avuga ko miliyari 10 z’amashiringi ari inguzanyo Leta yamuhaye

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 24, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Abtex umwe mubaterankunga b’ibitaramo, akaba ari na Perezida w’ishirahamwe ry’abategura ibitaramo muri Uganda (Federation of Uganda Promoter Association), mu kiganiro yagiranye na Sanyuka Tv, yasobanuye ko amakuru amaze iminsi atambuka ku mbuga nkoranyambaga ajyanye n’inkunga ya miliyari 10 z’amashiringi ya Uganda, bivugwa ko Leta yahaye abategura ibitarmo. 

Yavuze ko ayo mafaranga atari inkunga yatanzwe, ahubwo ari inguzanyo yatanzwe binyuze mu biro bya Perezida, akandi ayo nguzanyo ikaba yari agenewe abategura ibitaramo, ikaba iyo nguzanyo ikaba ifite igiciro (inyungu) cyayo kandi zoroheje kwishura.

Abtex yavuze ko iyo nguzanyo yari igamije gufasha abategura ibitaramo ariko hakanashyirwaho uburyo bwo kugenzura ikoreshwa ryayo no kuyishyura, anavuga ko yatanzwe mu byiciro. mu ijwirye, yavuzeko ko kugeza ubu amaze guhabwa miliyari 1.5 z’amashiringi ya Uganda.

Abtex yanavuze ko kubona ayo mafaranga bitaboroheye na gato, agaragaza ko yahuye n’imbogamizi zatewe n’abantu bakomeye mu rwego rw’imyidagaduro, barimo Balaam Barugahara, ndetse na mugenzi we utegura ibitaramo, yavuze ko yamugoye cyane kugira ngo abone umwanya wo kuganira na Perezida , 

 wavuze ko yamugoye cyane mu kugerageza kubona umwanya wo kuganira na Perezida, bityo bikadindiza no kubona ayo mafaranga.

Share2Tweet1Send
Previous Post

50 Cent yasobanuye impamvu atajya yivanga muri politiki anatanga umuburo ku bahanzi

Next Post

Inzu ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

by Alex RUKUNDO
59 minutes ago

Zuba Ray yagowe bikomeye no kwakira ko yakoranye indirimbo na King James ahamya ko kubwe n’ubu akibifata nk’inzozi nubwo bamaze...

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Nyuma y’uko Christopher ashyize hanze album ye shya yise ‘H20), yavuze ko atemeranya n’abantu bakunze kuvuga ahri umuhanzi wa mbere...

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere...

Next Post
Inzu ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

Inzu ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

Muyango: Nahisemo kwiyubaka aho kongera gukomereka mu rukundo

Muyango: Nahisemo kwiyubaka aho kongera gukomereka mu rukundo

Umuziki, urukundo n’imiryango: ‘Ndandambara’ avuga uko abagore babiri bamubereye imbarutso yo guhanga no gukora cyane

Umuziki, urukundo n’imiryango: ‘Ndandambara’ avuga uko abagore babiri bamubereye imbarutso yo guhanga no gukora cyane

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi
Imyidagaduro

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho
Imyidagaduro

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye
Imyidagaduro

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde
Imyidagaduro

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.