• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Abtex avuga ko miliyari 10 z’amashiringi ari inguzanyo Leta yamuhaye

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 24, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Abtex umwe mubaterankunga b’ibitaramo, akaba ari na Perezida w’ishirahamwe ry’abategura ibitaramo muri Uganda (Federation of Uganda Promoter Association), mu kiganiro yagiranye na Sanyuka Tv, yasobanuye ko amakuru amaze iminsi atambuka ku mbuga nkoranyambaga ajyanye n’inkunga ya miliyari 10 z’amashiringi ya Uganda, bivugwa ko Leta yahaye abategura ibitarmo. 

Yavuze ko ayo mafaranga atari inkunga yatanzwe, ahubwo ari inguzanyo yatanzwe binyuze mu biro bya Perezida, akandi ayo nguzanyo ikaba yari agenewe abategura ibitaramo, ikaba iyo nguzanyo ikaba ifite igiciro (inyungu) cyayo kandi zoroheje kwishura.

Abtex yavuze ko iyo nguzanyo yari igamije gufasha abategura ibitaramo ariko hakanashyirwaho uburyo bwo kugenzura ikoreshwa ryayo no kuyishyura, anavuga ko yatanzwe mu byiciro. mu ijwirye, yavuzeko ko kugeza ubu amaze guhabwa miliyari 1.5 z’amashiringi ya Uganda.

Abtex yanavuze ko kubona ayo mafaranga bitaboroheye na gato, agaragaza ko yahuye n’imbogamizi zatewe n’abantu bakomeye mu rwego rw’imyidagaduro, barimo Balaam Barugahara, ndetse na mugenzi we utegura ibitaramo, yavuze ko yamugoye cyane kugira ngo abone umwanya wo kuganira na Perezida , 

 wavuze ko yamugoye cyane mu kugerageza kubona umwanya wo kuganira na Perezida, bityo bikadindiza no kubona ayo mafaranga.

Share2Tweet1Send
Previous Post

50 Cent yasobanuye impamvu atajya yivanga muri politiki anatanga umuburo ku bahanzi

Next Post

Inzu ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
15 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
16 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Inzu ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

Inzu ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

Muyango: Nahisemo kwiyubaka aho kongera gukomereka mu rukundo

Muyango: Nahisemo kwiyubaka aho kongera gukomereka mu rukundo

Pulasitiki mu Kivu: “Umusaruro w’Amafi mu Marembera?”

Pulasitiki mu Kivu: “Umusaruro w’Amafi mu Marembera?”

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.