• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Rickman Manrick yagarukanye itandukaniro ugereranyije n’abakobwa bo mu gihugu cya Suwede, aho bivugwa ko yakurikiye, abakobwa bo muri Uganda, cyane cyane i Kampala, mu bijyanye no gukundana, amafaranga, n’ibyifuzo mu rukundo.

Mu kiganiro yagiranye na Flavia Namulindwa, Rickmana yavuze ko abakobwa bo muri Suwede badakurikira cyane amafaranga nk’uko benshi mu bakobwa ba i Kampala babigenza. Nk’uko abivuga, abagore bo muri Suwede baha agaciro ubwigenge n’ishhingano zabo ku giti cyabo.

Rickman ati: “Abakobwa bo muri Suwede abazi ko buuri wese akora inshingano ze. Ushobora kujya muri resitora ukishyura – ukibagirwa ko bakugaruza, ejo wagaruka akagusubiza amafaranga, igihe ari we wishyuye. 

Yakomeje avuga ko muri Suwede inshingano z’amafaranga mu rukundo ziba zigabanyijwe ku buryo bungana. Yanahgaraje ko imirimo ikomeye nko kwishyura inzu bafashanya 50-50, ibintu utasanga ku bagore benshi bo muri Uganda.

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Ati: “N’iyo ari amafaranga y’inzu, we yishyura igice, nawe ukishyura igice. Icyo ni ikintu utasanga hano.”

N’ubwo bimeze bityo, Rickman ntiyigeze avuga ko umuco wo gukundana muri Uganda ari mubi. Yanavuze ko abagabo bakunze gufasha abagore mu buryo bw’amafaranga, ariko ananenga icyo yise “kwishyira hejuru cyane.” Ati: “Hano ni umugabo ugomba guha umugore byose. Sinabihakana, ariko kwishyira hejuru birenze urugero ntibikwiye. Umugabo ahora ashaka uko aha umugore we urukundo, n’iyo yaba adafite byinshi.”

Yasubije amaso inyuma avuga ku mubano we Sheilah Gashumba, Rickman aho yavuze ko basangiranga buri kimwe, ariko atigeze amahu amafaranga. Yasobanuye ko Sheilah yari asanzwe afite ubushobozi buhagije, bityo ariko ntibyamubuzaga kuha impano zifite agaciro.

Asoza avuga ati: “Sinamuhaye amafaranga kuko afite menshi. Namuhaye ibindi bintu nko kumugira inama bw’ubuzima, amahoro, n’ubwisanzure,” 

Share2Tweet1Send
Previous Post

Eddy Kenzo yatangaje ateganya kurega Nobat Events nyuma y’amatora

Next Post

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
29 minutes ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
22 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i...

Next Post
Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.