• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, January 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 15, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Wizzar OG umwe mubahanzi bakoje gushyira hanze indirimbo shya kandi nshi, ubu yihuje na Pallaso, Umuyobozi wa Team Good Music, witwa Pius Mayanja, ashimishwa n’uko bahuye.

Pallaso yahuye na Wizzar OG, umuhanzi w’Umugande uba mu Budage, mu gihe yari i Berlin muri studio. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo “Malamu” yari i Munich mu gikorwa cyo gutunganya umuziki, maze afata umwanzuro wo gusura Wizzar OG. Amakuru avuga ko bamaze iminsi itatu barahurije imbaraga ku indirimbo nshya bagiye gudhyira hanze mu minsi iri mbere.

Mu gihe bari muri studio Wizzar OG yafashe amashusho magufi ( Short Video) ayashyira ku rubuga rwa TikToko, ayo mashusho yagaragaje ko bari bishimye barimo no kwandika indirimbo yabo shya.

Wizzar OG, ari mu bahanzi bashya bari kuzamuka cyane no kuvugwa mu muziki wa diaspora. Nyuma y’ibyumweru bike ashangije abakunzi be indirimbo yise “Champe” yakoranye na Dokta Brain, yase yongera ashyira hanze indi ndirimbo nshya yitwa “Simala”,yakozwe na Kawempe Riddim ya Jose Chameleone, yakorewe muri  X-Fecta kandi iyoborwa na Chameleone ubwe. Uyu riddim umaze kuzamuka cyane mu bahanzi bakora versions zabo bwite.

Wizzar OG afite kandi indirimbo ikozwe mu jyana ya Amapiano yitwa “Forgetting Me”, hamwe n’izindi nyinshi zitandukanye zazamuye izina rye nk’umuhanzi mushya.

Ku ruhande rwa Pallaso, ubu bufatanye ni ikindi gihamya cy’uko akomeje gushyigikira impano nshya, nyuma yo gufasha abahanzi nka Scoop Larma, Vian Music, Hash Beats, Ratigan Era, na Ope Producer, n’abandi batandukanye, avuga ko azakomeza gufasha abahanzi bakiri bato.

Amakuru ava ku mpande zombi avuga ko indirimbo izasohoka vuba, ku bakunzi b’umuziki abavuga ko biteguye kwakirana yombi iyi ndirimbo y’aba bahanzi babiri.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Sheebah, Rickman, Tracy Melon n’abandi bahanzi bashyize hanze amashusho mashya

Next Post

David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
9 hours ago

Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats  , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi...

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
10 hours ago

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko...

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
11 hours ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco,...

Next Post
David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

Ruti Joël yatangaje ko agiye gusubira mu itorero, Ibihame by’Imana

Ruti Joël yatangaje ko agiye gusubira mu itorero, Ibihame by’Imana

Uburyo bwo kuboneza urubyaro n’akamaro  kabwo mu buzima bw’umuryango

Uburyo bwo kuboneza urubyaro n’akamaro  kabwo mu buzima bw’umuryango

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA
Imyidagaduro

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo
Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana
Imyidagaduro

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.