• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, April 8, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuhanzikazi Ava Peace yanenze imyitwarire y’abamwe mu bashumba b’amadini

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 5, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi wo muri TNS, Maureen Peace Namugonza wamamaye ku izina rya Ava Peace, yagaragaje akababaro n’isoni aterwa n’imyitwarire y’abamwe mu bashumba b’amadini, avuga ko hari abo usanga bavuga amagambo atesha agaciro abandi bantu kandi nta shingiro afite.

Ava Peace yavuze ko bimubabaza cyane kubona umukozi w’Imana acira abantu imanza cyangwa akabavugaho amagambo atari meza, kandi atabanje kumenya ukuri kwabo. Avuga ko ibyo bishobora gutera ihungabana ku muryango ibyo bivugwaho ndetse bikanahungabanya umutekano rusange mu gihugu.

Mu magambo ye, yagarutse ku mupasiteri wigeze kuvuga ko umuhanzikazi Sheebah Karungi inda atwite ari iya Sekibi, ibintu byavugishije abatari bake ku mbuga nkoranyambaga.

Umupasiteri wo muri Uganda yatangaje ko Sheebah Karungi atwite inda ya Sekibi

Ava Peace yagize ati: “Numvise umupasiteri avuga ko Sheebah Karungi inda atwite ari iya Sekibi. Hari igihe tuba turi mu buzima busanzwe, ariko watekereza ukuntu ayo magambo mabi asesereza umuntu ukumva birababaje nawe. Iyo umuntu atwite aba akwiye kurindwa amagambo mabi. Ku mutuka ukamwita ‘Mama wa Sekibi’ ni ukumwandagaza cyane. Ibyo ni ukumutera igikomere mu mutima.”

Yakomeje avuga ko abantu benshi bizera cyane abashumba b’amadini, bityo iyo bavuze amagambo nk’ayo adafite ubushishozi, bishobora gutuma abayumva bayafata nk’ukuri kandi bikagira ingaruka ku buzima bw’abayavuzweho.

Ava Peace yasoje agira ati: “Abayoboke benshi bafata ibyo bumva ku bashumba nk’ukuri. Ibyo byavuzwe byari bibi kandi binyibutsa ko rimwe na rimwe gusenga biba bitoroshye, kuko iyo ngiye gusenga siniyumva fite umutekano kubera amagambo akunzwe gukoreshwa mu rusengero.”

Previous Post

Eddy Kenzo yangaje ko Pallaso akiri umunyamuryango wa Federasiyo y’Abahanzi bo muri Uganda

Next Post

I Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’ubuhanzi rizahuza abo mu Karere

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije...

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
20 hours ago

Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri...

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro...

Next Post
I Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’ubuhanzi rizahuza abo mu Karere

I Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’ubuhanzi rizahuza abo mu Karere

Filime ya Gaël Kamilindi yahatanye mu iserukiramuco muri Nigeria

Filime ya Gaël Kamilindi yahatanye mu iserukiramuco muri Nigeria

Alex Muhangi yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Abanyarwenya bo muri Uganda (TUCA)

Alex Muhangi yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Abanyarwenya bo muri Uganda (TUCA)

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32
Imikino

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze
Mu mahanga

Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda
Imyidagaduro

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20
Imyidagaduro

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
April 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.