• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Ykee Benda yatangaje ko yamaze kubona amahoro n’ibyishimo byuzuye mu mugore we, avuga ko ari we rukundo rw’ubuzima bwe, ndetse yanahakanye ibihuha bimaze iminsi bivugwa ko yaba ari hafi kwibaruka.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Ykee yavuze ko ubuzima bwe bwahindutse bwiza cyane kuva yashaka umugore (introduction ceremony) na Emily muri Nzeri 2025.

Yagize ati: “Mfite umugore w’inzozi zanjye, kandi n’ubuzima bwanjye. Muri make meze neza, ubu ndishimira urushako rwiza.”

Nk’uko Ykee abitangaza, Emily umugore we yamuzaniye ituze n’ibyishimo mu buzima bwe ku buryo atera urwenya asetsa agira ati: “Maze sinyizi no kurira.”

Benda yanagarutse ku bihuha bivaga ko umugore we yaba atwite, Ykee Benda yabiteye utwatsi yivuye inyuma. Yaboneyeho atanga ubusobanuro bugira buti: “Njye n’umugore wanjye twahisemo kubanza kwiyuba no gutuza mbere yo kubyara.

Yongeyeho ati: “Oya, ntarasama cyane ko hari ibintu tugomba kubanza gukora nk’abantu bari kwiyubaka. Tuzabyara igihe tuzaba dushoboye kubitaho.”

Uyu muhanzi yavuze ko kuri ubu bashyize imbaraga mu kwiyubaka no gushyiraho umusingi uhamye mu rugo rwabo mbere yo kubyara.

Ykee Benda yanagarutse ku mbogamizi abahanzi bahura na zo mu rukundo.

Yasobanuye ko ubuzima n’imyumvire by’abahanzi akenshi bitandukanye cyane n’iby’abantu batari mu ruganda rw’imyidagaduro, n’ibintu bishobora guteza impaka.

Yagize ati: “Akenshi ubuzima bwacu n’imyemerere biratandukanye, ariko bisaba abantu babiri kumenya ko hari intambara bagomba ku rwana kandi bazitsinda, ibindi bakabireka, kugira ngo bazabane igihe kirekire. Bakwiye ku menya gutanga no kwakira.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Next Post

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n’Ihazabu ya Miliyoni 3

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n'Ihazabu ya Miliyoni 3

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.