• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umugore wa Jose Chameleone, yasabye urukiko gutandukana n’umugabo we nyuma yimyaka 17 bashakanye

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 22, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’cyamamare cyo  muri Uganda, Jose Chameleone, uzwi ku izina rya Joseph Mayanja, ari mu rubanza n’umugore we, Daniella Atim, aho barimo kuburana gatanya, nyuma y’imyaka 17 bamaze bashakanye.

Amadosiye y’urukiko agaragaza ko Daniella yatanze ibaruwa mu Ishami ry’Imiryango (Family Division) ry’Urukiko Rukuru rwa Kampala ku itariki ya 20 Werurwe 2025, abinyujije ku bamuhagarariye mu mategeko bo muri Wamimbi Advocates and Solicitors. Ashinja Chameleone kumwandarika imyaka itanu.

Nk’uko ikinyamakuru New Vision cyabitangaje, Daniella yavuze ko gutandukana kwabo byamugizeho ingaruka zikomeye  mu marangamutima ndetse bikamutesha umutwe kenshi.

Yagize ati:“ Kubura urukundo, impuhwe, no kumva ibyiyumvo bya mugenzi wanjye byangije burundu umubano wacu, bigatuma gusubirana bidashoboka. Nta gushimangira cyangwa guteganya gutandukana hagati yacu kwabayeho.”

Uyu si we wa mbere ugerageza guhangana n’umugore we mu rukiko. Mu kwezi kwa Kane 2023, yari yaratanze itangazo ryo gutandukana, ashinja Chameleone kutubahiriza amahame y’urukundo no kutangirwa umwizerwa.

Jose Chameleone n’umugore we bashakanye ku itariki ya 7 Kamena 2008, basezeraniye muri Paruwasi ya Gatolika ya St. James i Bbiina-Mutungo, Kampala, baka bafitanye abana batanu aribo: Abba (w’imyaka19), Alfa (16), Alba (13), Amma (11), na Xara (6). Mbere yo kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu 2018, bari batuye i Sseguku mu Karere ka Wakiso.

Mu rubanza rwe rwa vuba, Daniella avuga ko ashaka umutekano w’abana, agahabwa imitungo irimo ubutaka n’inzu biri muri Uganda mu Karere ka Wakiso, Sseguku, ndetse akagenerwa n’amafaranga yo gutungisha n’ubwishingizi bw’abana.

Chameleone, wa menyekanye mu ndirimbo cyinshi zitandukanye nka “Valu Valu,” yateye utwatsi ibyo ashinjwa n’umugore we, avuga ko umuziki we wamufashe igihe kirekire ariko atigeze asiga umugore n’abana. Yongeyeho ko icyemezo cyo kwimukira muri Amerika cyari icyemezo bumvikanyeho bombi kandi ko yanaguriye inzu umuryango we yo guturamo.

Nk’uko Chameleone abivuga, ibibazo by’urugo byatangiye nyuma yo kwimukira muri Amerika, aho Daniella ngo yabaye “atajya aganira neza, atishima, kandi akunda amakimbirane ya hato na hato.” Yavuze kandi ko umugore we yashyize amakimbirane yabo ku mbuga nkoranyambaga, ibintu byagize ingaruka ku buzima bwe bwo mu mutwe ndetse bikamuviramo kujya mu ibitaro.

Chameleone yahakanye ko yasize abana be, avuga ko Daniella yashutse bamwe mu bana ngo bamurwaneho. Yasabye urukiko kwirengagiza icyifuzo cya Daniella, kandi asaba ko inzu i Sseguku yaguma nk’urugo rw’umuryango w’abana igihe bari muri Uganda.

Yanamaganye icyifuzo cy’amafaranga y’ubwishingizi, avuga ko umugore we afite akazi muri Amerika kandi ashoboye kwiyitaho. Ahubwo, asaba ko habaho kurindwa kw’abana ku buryo bw’impande zombi no gusangira inshingano ku bana.

Nubwo yemera ko urugo rwasenyutse, yasabye urukiko kumwishyurira ibiciro by’amategeko.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Jay-Z yabaye umuhanzi ukize kurusha abandi ku isi

Next Post

Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara yambaye ubusa nijoro muri Los Angele

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara yambaye ubusa nijoro muri Los Angele

Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara yambaye ubusa nijoro muri Los Angele

Amafaranga agira ururimi rwihariye

Ururimi rw’Amafaranga: Impamvu 5 Gukira Bitangira mu Mutwe

Batereye ivi mu gitaramo cya Coldplay

Batereye ivi mu gitaramo cya Coldplay

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.