• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 22, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Spice Diana yatangaje ko we n’uwahoze ari umuyobozi we, Roger Lubega, bagiye kugabana inyungu (royalties) n’imitungo bakoreye mu gihe bakoranaga.

Ibi yabigarutse mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru ku muyoboro wa telefoni, Aho yavuze ko we na Roger batandikanye batagikora mu mwaka ushize, gusa nanone Roger ntarashyira icyo abivugaho. Spice Diana yashyize hanze iri tangazo abinyujije ku ku mbuga ze muri iki gitondo.

Mu butumwa yashyize hanze, Spice Diana yasobanuye ko ibijyanye n’ubucuruzi bwose bwamuhuzaga na Roger Lugega bwaragiye neza nta kibazo kivutse. Muri ibyo harimo kugabana mu bwumvikane imitungo bari baraguze bafatanyije, ndetse n’ibijyanye n’amasezerano ku nyungu (royalties) z’indirimvo ze zakozwe mbere.

Yagize ati: “Ibintu byose byaga biduhuza byaragiye, ibyo birimo kagabana imitungo twari twarafanyije kugira no gushyiraho amasezerano y’inyungu ku ndirimbo twakoranye mbere. Nta kindi kibazo dufitanye, kandi buri wese yakomeje ubuzima bwe.“

Yakomeje agaragaza amwe mu makuru ajyanye n’ubuyobozi bushya asigaye akorana na bwo, ndetse yanatanze n’aderisi ya email izajya ikoreshwa yohererezwaho ubutumire mu igitaramo, ibi bigaragaza ko atagikora na Roger.

Spice Diana na Roger Lubega bakoranye imyaka irenga icumi, ubufatanye bwagize uruhare runini mu iterambere n’o kwamamara kwa Spice mu muziki wa Uganda ndetse no ku isoko mpuzamahanga.

Mu itangazo rye, Spice Diana yanatanze umuburo ukomeye ku bantu bakwirakwiza ibihuha n’amakuru atari yo amuvugaho. Yagize ati: “Sinzajya njya mu bikorwa byo gukwirakwiza ibihuha, gutekereza ibintu bidafite ishingiro cyangwa gutanga ibitekerezo bisebanya. Amakuru yose atatanzwe binyuze ku mbuga zemewe, yongeyeho ko atazemerera umuntu uwa ari wese uzakoresha izina rye cyagwa ikiranga ntengi cye nabi cyane ko ngo azahita akurikiranwa n’inzego z’umutekano zibishinzwe.“

Share2Tweet1Send
Previous Post

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Next Post

Luwi Light yongeye kwitaba urukiko, Bebe Cool avuga ko atazihanganira uwukora ku muryango we

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
31 seconds ago

Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo...

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe...

I Bruxelles hategerejwe igitaramo  cya Israel Mbonyi

I Bruxelles hategerejwe igitaramo cya Israel Mbonyi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gukura no kwambuka imipaka, i Bruxelles mu Bubiligi hategerejwe igitaramo cyitezweho...

Next Post
Luwi Light yongeye kwitaba urukiko, Bebe Cool avuga ko atazihanganira uwukora ku muryango we

Luwi Light yongeye kwitaba urukiko, Bebe Cool avuga ko atazihanganira uwukora ku muryango we

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Da Rest yagarutse mu muziki n’indirimbo ‘Amore’ ikubiyemo amateka y’ubukwe bwe

Da Rest yagarutse mu muziki n’indirimbo ‘Amore’ ikubiyemo amateka y’ubukwe bwe

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde
Imyidagaduro

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo
Inkuru Ndende

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana
Imyidagaduro

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge
Imikino

Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.