• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 22, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Spice Diana yatangaje ko we n’uwahoze ari umuyobozi we, Roger Lubega, bagiye kugabana inyungu (royalties) n’imitungo bakoreye mu gihe bakoranaga.

Ibi yabigarutse mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru ku muyoboro wa telefoni, Aho yavuze ko we na Roger batandikanye batagikora mu mwaka ushize, gusa nanone Roger ntarashyira icyo abivugaho. Spice Diana yashyize hanze iri tangazo abinyujije ku ku mbuga ze muri iki gitondo.

Mu butumwa yashyize hanze, Spice Diana yasobanuye ko ibijyanye n’ubucuruzi bwose bwamuhuzaga na Roger Lugega bwaragiye neza nta kibazo kivutse. Muri ibyo harimo kugabana mu bwumvikane imitungo bari baraguze bafatanyije, ndetse n’ibijyanye n’amasezerano ku nyungu (royalties) z’indirimvo ze zakozwe mbere.

Yagize ati: “Ibintu byose byaga biduhuza byaragiye, ibyo birimo kagabana imitungo twari twarafanyije kugira no gushyiraho amasezerano y’inyungu ku ndirimbo twakoranye mbere. Nta kindi kibazo dufitanye, kandi buri wese yakomeje ubuzima bwe.“

Yakomeje agaragaza amwe mu makuru ajyanye n’ubuyobozi bushya asigaye akorana na bwo, ndetse yanatanze n’aderisi ya email izajya ikoreshwa yohererezwaho ubutumire mu igitaramo, ibi bigaragaza ko atagikora na Roger.

Spice Diana na Roger Lubega bakoranye imyaka irenga icumi, ubufatanye bwagize uruhare runini mu iterambere n’o kwamamara kwa Spice mu muziki wa Uganda ndetse no ku isoko mpuzamahanga.

Mu itangazo rye, Spice Diana yanatanze umuburo ukomeye ku bantu bakwirakwiza ibihuha n’amakuru atari yo amuvugaho. Yagize ati: “Sinzajya njya mu bikorwa byo gukwirakwiza ibihuha, gutekereza ibintu bidafite ishingiro cyangwa gutanga ibitekerezo bisebanya. Amakuru yose atatanzwe binyuze ku mbuga zemewe, yongeyeho ko atazemerera umuntu uwa ari wese uzakoresha izina rye cyagwa ikiranga ntengi cye nabi cyane ko ngo azahita akurikiranwa n’inzego z’umutekano zibishinzwe.“

Share2Tweet1Send
Previous Post

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Next Post

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
8 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
9 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
10 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Da Rest yagarutse mu muziki n’indirimbo ‘Amore’ ikubiyemo amateka y’ubukwe bwe

Da Rest yagarutse mu muziki n’indirimbo ‘Amore’ ikubiyemo amateka y’ubukwe bwe

Bruno K yatangaje ko agiye gutangira kwishyuza ku mugaragaro Black Market Entertainment

Bruno K yatangaje ko agiye gutangira kwishyuza ku mugaragaro Black Market Entertainment

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.