• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga, aho yongeye kwandika amateka.

Filime yanditswe na Loukman Ali mu mwaka wa 2020 yitwa The Girl in the Yellow Jumper yegukanye ibihembo byinshi, kandi izwiho kuba iteguwe mu buryo budasanzwe buzwi muri filime. Iyi filime yamaze kugera ku mashene (channel) ya Canal+ mu Bufaransa, aho isohoka mu rurimi rw’Igifaransa yiswe La fille au pull jaune (bisobanura “Umukobwa wambaye umupira w’umuhondo”).

Loukman yashyize hanze agace gashya k’iyi filime kasubiwemo mu rurimi rw’Igifaransa, bigaragaza indi ntambwe ikomeye yatewe n’iyi filime yanditse amateka mashya mu ruganda rwa sinema muri Uganda.

Iyi filime yabaye iya mbere muri Uganda yerekanwe kuri Netflix, ibintu byafunguye amarembo mashya ku bahanzi n’abanditsi b’inkuru bo muri icyo gihugu. Kuba yageze no kuri Canal+ ni indi ntambwe ikomeye, ndetse birashoboka ko ari yo filime ya mbere y’Umunya-Uganda igeze kuri urwo rubuga.

Loukman ni we wenyine mu banditsi ba filime bo muri Uganda ufite ibikorwa byinshi byerekanwa kuri Netflix, birimo The Girl in the Yellow Jumper na Katera of the Punishment Island. Ibikorwa bye bikomeje kuzamura sinema y’iwabo, bikenemezwa n’abatari bake ko ari byo bikorwa bitangaje cyane mu myaka ya vuba muri Uganda.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri iyi ntambwe yateye, Loukman yagize ati: “Iyi filime inaboneka no ku rubuga rwa ALBLK muri Amerika, ku bifuza kuyireba bahatuye.”

Yongeyeho ati: “Sinzi na gato icyo bakundira iyi filime.” Uyu mukinnyi wa filime akaba n’umuyobozi wayo, hamwe n’ikipe ye, bakomeje kugaragaza ubutwari n’ubwitange mu guteza imbere sinema yo muri Uganda.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Next Post

Injyana ya “Hip Hop” m’u Rwanda yahinduye Isura – Bull Dogg

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Injyana ya “Hip Hop” m’u Rwanda yahinduye Isura – Bull Dogg

Injyana ya “Hip Hop" m’u Rwanda yahinduye Isura - Bull Dogg

Immy Candace yatangaje ko atakunda n’umugabo ubonetse wese

Immy Candace yatangaje ko atakunda n'umugabo ubonetse wese

Cindy Sanyu yavuze ko abana be bataribazi ko ari icyamamare

Cindy Sanyu yavuze ko abana be bataribazi ko ari icyamamare

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.