• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 9, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 14, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Sheebah Karungi yasabye abagabo gushyira imbere kubaka cyangwa gukodesha amazu yabo bwite niba bashaka gukomeza kubahwa mu mubano wabo. Ibi abivuze nyuma y’uko mu byumweru bishize umupasiteri wo muri ikigihugu avuze ko Sheebah Karungi atwite inda ya Sekibi.

Sheebah Karungi, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Bandali Manor Podcast ubwo yari i London mu Bwogereza, uyu muhanzikazi wiyemeje kujya yitwa QueenKarma, yatangaje ko umugabo atakaza icyubahiro igihe afashe umwanzuro kwinjirira umugore.

Karungi ati: “Nta na rimwe uzigera ugira icyubahiro, igihe witwa umwinjira mu nzu y’umugore, n’iyo yaba kodeshwa Shs 30,000, uzagira icyubahiro gike mu bantu.”

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Yasobanuye ko kugira ngo umugabo ahabwe icyubahiro nyacyo, akwiye kubaka inzu ye bwite cyagwa agakodesha, ariko akagira aho atuye heza hashobora kwinjira umugore, hataguteye imfunwe. “N’iyo yaba ikodeshwa amashilingi 7,000, cyagwa ari inzu iciriritse ariko ari iyawe, ni byo bikugira umugabo utari izererezi.

Ubusanzwe Sheebah Karungi, afite inzu yakatarabone mu mjyi wa i Munyonyo. Mu buzima bwa Karungi akunda kurwanirira bwigenge bw’abagore no guteza imbere imishinga yabo.

Uyu muhanzikazi, watangaje ko yabyaye umwaka ushize, avuga ko atemera imihango yo gushyingirwa kugira ngo umugore agire ubuzima buzira umuze cyangwa agere ku ntsinzi mu buzima.

Ati: ” Mugore cyagwa umukobwa ntakwiye gushyingirwa kugira ngo agere kuntsinzi, umugabo ntabwo ariwe nstinzi yacu, ntabwo ariwe udutunganyiriza ejo ahazaza natwe twahiremera.”

Previous Post

Impinduka kuri Tour du Rwanda

Next Post

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
13 hours ago

Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije...

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri...

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro...

Next Post
Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Sheebah, Rickman, Tracy Melon n’abandi bahanzi bashyize hanze amashusho mashya

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32
Imikino

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze
Mu mahanga

Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda
Imyidagaduro

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20
Imyidagaduro

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
April 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.