• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 14, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Sheebah Karungi yasabye abagabo gushyira imbere kubaka cyangwa gukodesha amazu yabo bwite niba bashaka gukomeza kubahwa mu mubano wabo. Ibi abivuze nyuma y’uko mu byumweru bishize umupasiteri wo muri ikigihugu avuze ko Sheebah Karungi atwite inda ya Sekibi.

Sheebah Karungi, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Bandali Manor Podcast ubwo yari i London mu Bwogereza, uyu muhanzikazi wiyemeje kujya yitwa QueenKarma, yatangaje ko umugabo atakaza icyubahiro igihe afashe umwanzuro kwinjirira umugore.

Karungi ati: “Nta na rimwe uzigera ugira icyubahiro, igihe witwa umwinjira mu nzu y’umugore, n’iyo yaba kodeshwa Shs 30,000, uzagira icyubahiro gike mu bantu.”

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Yasobanuye ko kugira ngo umugabo ahabwe icyubahiro nyacyo, akwiye kubaka inzu ye bwite cyagwa agakodesha, ariko akagira aho atuye heza hashobora kwinjira umugore, hataguteye imfunwe. “N’iyo yaba ikodeshwa amashilingi 7,000, cyagwa ari inzu iciriritse ariko ari iyawe, ni byo bikugira umugabo utari izererezi.

Ubusanzwe Sheebah Karungi, afite inzu yakatarabone mu mjyi wa i Munyonyo. Mu buzima bwa Karungi akunda kurwanirira bwigenge bw’abagore no guteza imbere imishinga yabo.

Uyu muhanzikazi, watangaje ko yabyaye umwaka ushize, avuga ko atemera imihango yo gushyingirwa kugira ngo umugore agire ubuzima buzira umuze cyangwa agere ku ntsinzi mu buzima.

Ati: ” Mugore cyagwa umukobwa ntakwiye gushyingirwa kugira ngo agere kuntsinzi, umugabo ntabwo ariwe nstinzi yacu, ntabwo ariwe udutunganyiriza ejo ahazaza natwe twahiremera.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Impinduka kuri Tour du Rwanda

Next Post

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
9 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
10 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Sheebah, Rickman, Tracy Melon n’abandi bahanzi bashyize hanze amashusho mashya

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.