• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubutabera

Polisi yerekanye ibisambo bitatu

Peacemaker PUNDIT by Peacemaker PUNDIT
September 13, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko icakiye ibisambo bitatu yabyeretse itangazamakuru

Polisi yerekanye bya bisambo bitatu
Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo batatu bagaragaye mu mashusho bari gushaka kwica umugore.Polisi y’u Rwanda yabwiye itangazamakuru ko abantu batatu bakekwaho gutema umuturage mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakoresheje umuhoro.
Ku wa 13 Nzeri 2025 nibwo Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo batatu bari bagabanye inshingano mu mugambi wo kugirira nabi uwo mugore. Barimo umusore w’imyaka 38 akaba ari we wafashe umuturage amukubita hasi, uw’imyaka 33 watemesheje umuturage umuhoro ndetse n’uw’imyaka 40 wateraga amabuye abashaka gutabara.
Abahanga mu bijyanye n’amategeko babwiye Impinga.rw ko bariya bagabo bazakurikiranwaho ibyaha birimo Ubwinjiracyaha mu bwicanyi, ubujura bukoresheje ikiboko n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.
Raporo y’umwaka w’ubucamanza 2024/2025 yerekana ko icyaha cy’ubujura ari cyo cyazahaje sosiyete nyarwanda hagakurikiraho gukubita no gukomeretsa. Amategeko avuga ko gukubita no gukomeretsa iyo ubihamijwe ukatirwa igifungo cy’imyaka itatu ariko itarenze itanu n’ihazabu ya 500000 Frw ariko atarenze miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Céline Dion ntiyumvikanye muri Quand on est en amour irimo abanyarwanda n’abanya-Canada

Next Post

Akon muri gatanya

Peacemaker PUNDIT

Peacemaker PUNDIT

IZINDI NKURU WASOMA

Urupfu rw’umusore ufite ubumuga bwo mu mutwe rwakanguranyije benshi muri Nyamirama

Urupfu rw’umusore ufite ubumuga bwo mu mutwe rwakanguranyije benshi muri Nyamirama

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Abatuye Umurenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza bakomeje kuba mu gahinda n’akantu, nyuma yo kumva inkuru y’urupfu rw’umusore wari...

Urubanza rwa Dj Toxxyk rwinjiye mu murongo w’amategeko: Impaka ku bimenyetso, kwemera no guhakana ibyaha

Urubanza rwa Dj Toxxyk rwinjiye mu murongo w’amategeko: Impaka ku bimenyetso, kwemera no guhakana ibyaha

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Urubanza ruregwamo DJ Toxxyk rukomeje gukurura amatsiko ya benshi, by’umwihariko abasesengura imikorere y’ubutabera n’uko amategeko akoreshwa mu manza zikomeye zijyanye...

Impinduka ku Amavubi: Gutandukana na Adel Amrouche birerekana icyerekezo gishya cya FERWAFA

Impinduka ku Amavubi: Gutandukana na Adel Amrouche birerekana icyerekezo gishya cya FERWAFA

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika Adel Amrouche ku mwanya w’umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo,...

Next Post
Akon muri gatanya

Akon muri gatanya

Pamela n’imfura ye baratashye

Pamela n'imfura ye baratashye

Eric Omondi azitabira ‘The Silver Gala ‘

Eric Omondi azitabira 'The Silver Gala '

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.