• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubutabera

Polisi yerekanye ibisambo bitatu

Peacemaker PUNDIT by Peacemaker PUNDIT
September 13, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko icakiye ibisambo bitatu yabyeretse itangazamakuru

Polisi yerekanye bya bisambo bitatu
Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo batatu bagaragaye mu mashusho bari gushaka kwica umugore.Polisi y’u Rwanda yabwiye itangazamakuru ko abantu batatu bakekwaho gutema umuturage mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakoresheje umuhoro.
Ku wa 13 Nzeri 2025 nibwo Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo batatu bari bagabanye inshingano mu mugambi wo kugirira nabi uwo mugore. Barimo umusore w’imyaka 38 akaba ari we wafashe umuturage amukubita hasi, uw’imyaka 33 watemesheje umuturage umuhoro ndetse n’uw’imyaka 40 wateraga amabuye abashaka gutabara.
Abahanga mu bijyanye n’amategeko babwiye Impinga.rw ko bariya bagabo bazakurikiranwaho ibyaha birimo Ubwinjiracyaha mu bwicanyi, ubujura bukoresheje ikiboko n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.
Raporo y’umwaka w’ubucamanza 2024/2025 yerekana ko icyaha cy’ubujura ari cyo cyazahaje sosiyete nyarwanda hagakurikiraho gukubita no gukomeretsa. Amategeko avuga ko gukubita no gukomeretsa iyo ubihamijwe ukatirwa igifungo cy’imyaka itatu ariko itarenze itanu n’ihazabu ya 500000 Frw ariko atarenze miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Céline Dion ntiyumvikanye muri Quand on est en amour irimo abanyarwanda n’abanya-Canada

Next Post

Akon muri gatanya

Peacemaker PUNDIT

Peacemaker PUNDIT

IZINDI NKURU WASOMA

Kalisa Adolphe agiye kuburana

Kalisa Adolphe wayoboye FERWAFA yahakanye ibyaha

by Peacemaker PUNDIT
2 months ago

Uwahoze ari umunyamabanga wa FERWAFA Kalisa Adolphe yahakanye ibyaha bibiri akurikiranyweho mu rubanza rw'ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo Ku wa 25 Nzeri...

Injira mu rubanza rwa Minisitiri Nsabimana Ernest na Muganga Chantal

Muganga Chantal yatsinzwe urubanza

by Peacemaker PUNDIT
2 months ago

Ku wa 24 Nzeri 2025 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse Muganga Chantal kwishyura miliyoni imwe y'amafaranga y'u Rwanda nyuma yo...

Majoro Jean Claude Habineza yifuza ubuhuza

Majoro Jean Claude Habineza yifuza ubuhuza

by Peacemaker PUNDIT
2 months ago

Urubanza rwa Majoro Jean Claude Habineza ukurikiranyweho miliyoni 485 Frw ntirwabayeKu wa 22 Nzeri 2025 urukiko rwa Gisirikare ruherereye I...

Next Post
Akon muri gatanya

Akon muri gatanya

Pamela n’imfura ye baratashye

Pamela n'imfura ye baratashye

Eric Omondi azitabira ‘The Silver Gala ‘

Eric Omondi azitabira 'The Silver Gala '

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.