Bwa mbere mu mateka, Umugore abaye Musenyeri wa Anglicane ku isi
Ku nshuro ya mbere mu mateka maremare y’Itorero Angilikani, umugore yagizwe Musenyeri wa Canterbury, umwanya ufatwa nk’uw’ikirenga mu buyobozi bw’iri torero ku Isi. Sarah Mullally ni we wanditse aya mateka nyuma yo kwimikwa ku mugaragaro ku wa 25 Werurwe 2026. Uyu muhango wabereye muri Canterbury...









