Ibya Angelina Jolie n’umuraperi Akala bikomeje gufata indi ntera
Nyuma y'igihe bivugwa ko icyamamarekazi muri sinema, Angelina Jolie, ari mu rukundo n'umuraperi Akala wo mu Bwongereza, ubu noneho umubano wabo ukomeje gufata indi ntera.
Nyuma y'igihe bivugwa ko icyamamarekazi muri sinema, Angelina Jolie, ari mu rukundo n'umuraperi Akala wo mu Bwongereza, ubu noneho umubano wabo ukomeje gufata indi ntera.
Ikibazo cy'umubyigano w'imodoka mu Mujyi wa Kigali gikunze kugaragara mu mihanda iva muri gare mpuzamahanga ya Nyabugogo yerekeza mu bice bitandukanye by'Umujyi wa Kigali no mu ntara n'ahandi hantu hatandukanye hahurira imodoka ziva cyangwa zigana mu byerekezo bitandukanye.
Umukinnyi w'ikipe y'igihugu ya Brazil na Al Hilal, Neymar wari witezweho kuzakora ibihambaye mu mupira w'amaguru yakunze guhura n'ibibazo by'imvune dore ko zatumye amara hanze y'ikibuga iminsi 914.
Ikipe ya Brussia Dortmund yo mu Budage yitegura gukina na Real Madrid mu mikino ya UEFA Champions League, yanze gukorera imyitozo ku kibuga cya Real Madrid kugira ngo Real itohereza intasi zijya gukopera amayeri ari mu myitozo.
Ba rutahizamu bitezweho gucungura ikipe y'igihugu y'u Rwanda, Amavubi ku mukino w'ijonjora rya mbere ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024) ikina na Djibouti bafite amahirwe yo gutsinda angana na 15 % ku mukino bijyanye n'imikino ya shampiyona bamaze...