RIB yihanangirije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi: Gasopo kuri Jacky n’abamushyigikira
“Uwo uri we wese, mu gihe ufite ‘camera’ cyangwa imbuga nkoranyambaga, hari inshingano ufite ku baturage. Ntukwiriye gukwirakwiza ibyo bintu by’umwanda.
“Uwo uri we wese, mu gihe ufite ‘camera’ cyangwa imbuga nkoranyambaga, hari inshingano ufite ku baturage. Ntukwiriye gukwirakwiza ibyo bintu by’umwanda.
Ku wa Gatanu, Ingabo z’u Rwanda (RDF) hamwe n’iz’u Uganda (UPDF) basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, aho bunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu mwaka wa 2023, Biramahire yegukanye igikombe cya mbere muri UD Songo, anagaragaza impano ye nk’umwe mu rutahizamu bakomeye b'Amavubi."
Intego nyamukuru y’iri tegeko ni ukurinda abana ibyago bishobora kubageraho mu gihe bakoresha imbuga nkoranyambaga.
Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba Ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, barimo uwa Ghana ugize icyicaro mu Rwanda ku nshuro ya mbere, n’abandi batatu bashya bahagarariye ibihugu byabo bwa mbere mu Rwanda.