Abantu barenga 20 bapfiriye mu mvururu kabereye ahatangiwe imfashanyo mu majyepfo ya Gaza
Nibura abantu basaga 20 bo muri Palesitine bapfiriye mu mvururu zabereye ahatangirwa ibiribwa mu majyepfo ya Gaza, ahari hateguwe ibikorwa n’Ikigo cy’Ubutabazi Gaza Humanitarian Foundation (GHF), gishyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibyo byabaye nyuma y’uko abashinzwe umutekano b’icyo kigo bakoreshaga imyuka iryana mu...









