Trump yahakanye ko ahisha ukuri ku byaha bya Epstein wiyahuriye muri gereza
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iperereza ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bikekwa kuri Jeffrey Epstein bidakwiye guteza impagarara. Yavuze ko iryo perereza “ridashishikaje” kandi ko rihangayikishije “abantu babi” gusa. Ariko yongeyeho ko ashyigikiye ko amakuru yizewe yose yerekeye...









