Céline Dion yunamiye Ozzy Osbourne, icyamamare mu njyana ya heavy metal
Céline Dion ni umwe mu bahanzi bakomeye ku isi uheruka gutanga ubutumwa bwo gusezera no kwifatanya mu kababaro nyuma y’urupfu rwa Ozzy Osbourne, icyamamare cy’ibihe byose mu njyana ya heavy metal. Uyu muhanzikazi w’Umukanadakazi yashimagije Osbourne nk’“umuntu utinya ubuzima” kandi “urenze ibisanzwe.” Mu butumwa yashyize...








