ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
KUGIRANGO HARANGIZWE ICYEMEZO CY’UMWANDITSI MUKURU Ref. N° : 024-192843 CYO KU WA 04/10/2024; CYO KUGURISHA INGWATE MU CYAMUNARA KUGIRA NGO HISHYURWE UMWENDA WA BANKI;
KUGIRANGO HARANGIZWE ICYEMEZO CY’UMWANDITSI MUKURU Ref. N° : 024-192843 CYO KU WA 04/10/2024; CYO KUGURISHA INGWATE MU CYAMUNARA KUGIRA NGO HISHYURWE UMWENDA WA BANKI;
U Burundi buyoboye urutonde rw'ibihugu 10 byo muri Africa bifite ubukene ndetse n'abaturage babyo binjiza amafaranga macye, mu gihe Somalia, Mozambique, DR Congo na Niger byabonetse kuri uru rutonde.
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Alpha Rwirangira yatangaje ko yanyuzwe n’uburyo Richard Nick Ngendahayo yamushyigikiye mu gitaramo yise “Amashimwe Concert” cy’ivugabutumwa yakoreye mu gihugu cya Canada, kandi yamwigiyeho guca bugufi no gukunda Imana mu buryo bwagutse.
Umuhanzikazi Celine Uwase uzwi mu ndirimbo "Umugambi" yongeye gukora mu nganzo yibutsa abantu kugarukira Imana bakava mu nzira y'irimbukiro. Ni mu ndirimbo y'amashusho "Garukira Aho" yatunganyijwe na Eliel Filmz, ikaba yakiranywe urugwiro n'abakunzi b'umuziki wa Gospel.
Umuraperi wubatse izina ku rwego mpuzamahanga, Eminem, yatunguranye mu gikorwa cyo kwamamaza Visi Perezida Kamala Harris, aho yavugiye ijambo rimushyigikira ndetse asaba abafana be n'abanyamerika muri rusange kuzatora uyu mukandida w'Abademokarate.