Byari urujijo si amakimbirane: The Ben asiba “Fake News” ashyigikira ibitaramo bya Bruce Melodie bitegerejwe na benshi
Nyuma y’amasaha make urujijo rugaragara ku mbuga nkoranyambaga rukavugisha benshi, abahanzi bakomeye mu Rwanda, The Ben na Bruce Melodie, bongeye kugaragaza ko umubano wabo ukomeye kandi ushingiye ku bwumvikane, aho The Ben yisubiyeho akura ku mbuga nkoranyambaga ifoto yari yifashishije agaragaza ko ibitaramo byatangajwe na...









