‘Situationships’: Kuki aba Gen Z barimo guhitamo ubu buryo bushya bw’urukundo
Mu mibano y’urukundo, kenshi abantu baranzwe no kwirinda igice kidasobanutse cyo hagati yo kwiyemeza gukundana nyabyo n’umuntu cyangwa kwibera inshuti zisanzwe. Abakundana bakiri bato bari guhitamo icyo gice. Ubushakashatsi bwerekanye ko imyifatire y’abo mu kigero cy’imyaka kizwi nka Gen Z (Generation Z - abavutse hagati...









