Harimo izimaze kurebwa n’abasaga miliyari ebyiri! Indirimbo 10 z’ibihe byose za ‘One Direction’-VIDEO
Itsinda ryahoze rigizwe n'abasore bane b'abaririmbyi b'abahanga rya 'One Direction,' ni rimwe mu matsinda y'umuziki yamamaye ku Isi, ndetse n'ubu nubwo rimaze igihe ritandukanye ndetse n'umwe mu bari barigize akaba aherutse kwitaba Imana, ibihangano byabo birakoreshwa cyane ndetse hari n'ibyanditse amateka bifatwa nk'iby'ibihe byose.




