• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Mikie Wine yatangaje ko afite impano y’umwuka wera

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 24, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2025, umuhanzi Mikie Wine yatangaje uruhande rwe rutari rusanzwe ruzwi n’abafana be. Mu kiganiro ( interview), uyu muhanzi wo muri Fire Base Crew yasabwe kuvuga uruhande rwe rutazwi cyangwa ubushobozi abantu batazi ko afite.

Yasubije igisubizo cyatuguye benshi. Uyu muhanzi yavuze ko atatinya kuvuga ko afite impano yo kwerekwa no gusegera abantu, n’impano atajya atangaza, aho asengera abantu kandi bagakira.

Mikie yagize ati: “Ni ubuhe bushobozi mfite abantu batazi? mfite impano zitandukanye ishobora kuba ari impano cyangwa ikindi kintu kidasanzwe, ndetse ibyo byose n’umugisha. Mu ijambo rimwe: nsengera abantu bagakira.”

Uretse uru ruhande rwe rwo kwerekwa no gusengera abantu, Mikieyanahishuye bimwe mu bimuranga mu buzima bwe bwa buri munsi. Avuaga ko iyo afashe umwanya wo gutembera adashobora kwibagirwa  atajya—ingofero.

Ati: “Iyo giye gutembera si shobora kwibagirwa ingofero ndetse n’amazi arimo isukari n’utundi tunu nkenerwa muri siporo.” 

Muri iki kiganiro Mikie yanavuze ko ari umuntu utangorana kandi wumva amarangamutima y’undi muntu. yanasobanuye ko ari umuntu ugira urukundo cyane, ndetse rimwe na rimwe bimuviramo gukomeretswa.

Yongeyeho ati: “Ndi umuntu ugira urukundo rwinshi cyane. Nkunda Imana kandi nkunda n’abantu muri rusage. Ni yo mpamvu akenshi nkomeretswa.

Share2Tweet1Send
Previous Post

B2C yateye intambwe ikomeye mu muziki

Next Post

Burna Boy akomeje kuvugisha benshi nyuma yo guhagarika igitaramo i Denver

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Burna Boy akomeje kuvugisha benshi nyuma yo guhagarika igitaramo i Denver

Burna Boy akomeje kuvugisha benshi nyuma yo guhagarika igitaramo i Denver

Undi nawe yatawe muri yombi akekwaho gukwirakwiza amashusho ya Yampano

Undi nawe yatawe muri yombi akekwaho gukwirakwiza amashusho ya Yampano

Ariel Wayz yasubukuye imikoranire na Universal Music Group

Ariel Wayz yasubukuye imikoranire na Universal Music Group

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.