• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, January 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 13, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umwe mu baproducer b’umuziki bakomeye muri Ugand, Michael Fingers Mugisa, yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo y’icyamamare Bebe Cool, iyo indirimbo ni Love You Everyday, aho avuga ko gukora  uyu mushinga ari umwe wa mushimishije cyane kuruta izindi mishinga yakoze mu buzima bwe bw’umuziki.

Love you everyday n’indirimbo, yagize uruhare runini mu kazamura izina rya Bebe Cool, ku rwego mpuzamahanga sibyo gusa kuko iy’indirimbo yamufashije kwitabira ibitaramobigiye bitandukanye hirya no hino muri Afurika ndetse n’ibitaramo mpuzamahanga, yaje mu buryo atari yitezwe.

Nk’uko Fingers abivuga, uwo mushinga wo gukora iyo ndirimbo watangiye mu minsi mike, mu gihe Bebe Cool yari amaze kugaragaza ubushake bwo gukora na we.

Fingers yahise ajya muri studio afata iyo ndirimbo […] Icyo gihe, uyu muproducer yari agikundana na Esther Nabaasa, umwandi w’indirimbo akana ba n’umuririmbyi icyarimwe kandi ufite impano.

Fingers yahaye injyana y’indirimbo Esther, amze nawe amwandikira amagambo y’indirimbo asoje kuyandika  arayi mwoherereza. Ayo magambo yaje kohererezwa Bebe Cool, nawe ako kanya arayakunda ahita ayakuramo indirimbo.

Ati: “Bebe Cool agisoma iyo ndirimbo yari yanditswe na Esther, ako kanya yahise ayikunda cyane.”

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday ya Bebe cool

Nyuma, Esther yagarutse muri Uganda kugira ngo asoze y’indirimbo, maze Bebe Cool nawe ahita ajya muri studio kugira ngo nawe ayishyire mu majwi.

Y’indirimbo ikimara gusohoka, Fingers yafashe icyemezo kidasanzwe cyo kutayikora mix cyagwa masterling  we ubwe. Ahubwo, yayohereje ku nshuti ye ituye muri London, umwe muba producer batsindiye Grammy Awards, akaba yaramamaye cyene mu gukora mix na masterling.

Akomeza avuga ko nubwo yaciye amafaranga menshi, ati: “Producer wari ugiye kuyikora yaduciye ari hagati ya $5,000 na $10,000, mu byukuri yari menshi cyane ntabushobozi twari dufite, ariko nyuma yemeye ku yidukorera ku mafaranga make navuga ko byari nk’ubuntu, kuko twishyuye amafaranga y’umuriri gusa.”

Fingers yasobanuye ko iyo wumvise uko varsion ya mbere yarime ukagereranya n’iyo mastered, wumva harimo itandukaniro rinini cyane.

Nyuma yo kumva version y’iyindirimbo, Bebe Cool yahise avuga ko indirimbo ikwiye gukorerwa amashusho meza cyane. ntiyoge gukorera amashusho mu gihugu, yahisemo gukorana n’umwanditsi w’amashusho w’umunya-Nigeria, Clarence Peter, uyu muyobozi w’amashusho yase amujyana muri Kenya aba ariho bakorera amashusho y’iyi ndirimbo. 

Yasoje agira ati: “Byakozwe vuba cyane ko bitari byateguwe, ikindi nibyo byiza bya muzika. hari igihe ibintu biza bitunguranye, Ugasanga nayandi mahitamo ukabikora, hanyuma ubuhanga bukigaragaza.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Next Post

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i...

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
8 hours ago

Mu kiganiro cyatambutse kuri Kasuku live, mugitondo cyo ku ya 14 Mutarama 2026, hatangajwe amakuru avuga ko Lueiligiht, afugiwe kuri...

Next Post
Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026
Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool
Imyidagaduro

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.