• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko hari imiti igira ingaruka zikomeye ku mbaraga z’abagabo mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, kandi iyo miti ikoreshwa kenshi.

Mu busanzwe ubuzima bw’imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu abantu bakenera cyane mu mibanire yabo, ariko rimwe na rimwe ubu buzima buhura n’ibibazo bitewe n’imiti abantu bafata kubera indwra zitandukanye.

Muri iyo miti, tugiye kubabwira ubwoko butandatu bw’imiti nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Itangazamakuru Asian News International (ANI), cyateguye raporo yihariye kuri iyi ngingo.

Imiti igabanya ububabare

Abantu benshi ntibakunze kwihanganira ububabare bw’umubiri, ibi bigatuma bakoresha imiti igabanya ububabare kabone n’iyo baba bumva ko ari ububabare buto.

Ariko se mugabo, wari uzi ko imiti igabanya ububabare igira ingaruka ku myitwarire yawe mu buriri kandi bigatuma udakora neza imibonano mpuzabitsina uko bikwiye?

Usibye guhagarika cyangwa kugabanya ububabare, iyi miti ibuza ikorwa ry’uturemangingo tw’imyororokere kandi ikabangamira imisemburo myinshi y’ingenzi mu mibonano mpuzabitsina hagati y’abagabo n’abagore.

Imiti irinda ibibazo by’umuhangayiko ukabije (anti-anxiety)

Abantu benshi bafite ikibazo cy’imihangayiko n’ihungabana bakunze gukoresha imiti kubera gushaka guhangana n’ubwoba buterwa n’ibibazo bafite batitaye ku ngaruka z’imiti bafata cyangwa se bakaba batanazizi.

Abahanga mu by’ubuvuzi bavuganye n’Ikigo cy’Itangazamakuru cya ANI bagaragaje ko iyi miti ishobora gutuma umuntu atakaza ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina. bongeraho ko hari n’igihe iyi miti ituma abagabo bata ubwenge burundu.

Imiti ivura kuvura kwamaraso cyangwa kugabanya ibinure (Chorestral)

Imiti ikoreshwa mu kuvura ivura ryamaraso hamwe no kugabanya ibinure mu mubiri na yo ifite uruhare runini mu kugabanya umurava w’abagabo mu buriri.

Impuguke mu by’ubuvuzi zivuga ko iyi miti ibangamira imikorere y’uturemangingo tw’imyororokere.

Ubushakashatsi bwerekana ko imiti ikoreshwa mu kuvura indwara zo kuvura kw’amaraso rimwe na rimwe itera ibibazo ku bagabo iyo baryamanye n’abagore babo.

Imiti ivura agahinda gakabije (Depression)

Iyi miti izwi nka “benzodiazepines,” ikunze gukoreshwa mu kuvura indwara z’agahinda gakabije (depression), nko mu gihe umuntu atinya ibintu bitabaho kandi ari wenyine.

Abantu bakoresha iyi miti bakunze kuba bafite ikibazo cyo kubura ibitotsi no kubabara imitsi.

Ariko, ingaruka mbi ni uko nayo igira ingaruka ku mikorere y’uturemangingo tw’imyororokere tw’abagabo n’amarangamutima.

Imiti igabanya umuvuduko ukabije w’amaraso (Hypertension)

Abarwayi bafata imiti ibarinda umuvuduko w’amaraso na bo bashobora guhura n’iki kibazo, ari cyo kugabanuka kw’ingufu zabo.

Iyi miti yinjira mu mitsi itwara amaraso mu buryo bwimbitse kandi ikanagera no ku mitsi ikorana n’u bwonko, uruti rw’umugongo n’izindi ngingo z’umubiri harimo n’imyanya y’imyororokere.

Impuguke zimwe kandi zongeyeho ko hari n’ibibazo abagore bahura na byo iyo bafashe iyi miti ifite aho ihurira muburyo bwimbitse n’imyanya myibarukiro.

Imiti y’indwara z’ubuhumekero

Imiti itangwa mu maguriro y’imiti nk’imiti igabanya ububabare mu mazuru n’imiti ifungura mu mazuru ishobora kugira ingaruka mbi. Izo zirimo guteza ibibazo mu mibonano mpuzabitsina ku bagabo ndetse no ku bagore.

Aba bashakashatsi batanga inama yo kuvugana na muganga wawe niba ubona ko umuti ufata ushobora kuba ugira ingaruka ku mibonano mpuzabitsina yawe.

Bongeraho kandi ko udakwiye guhagarika gufata umuti uwo ari wo wose utabanje kuvugana n’umuganga wawe.

Share2Tweet1Send
Previous Post

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

Next Post

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
3 minutes ago

Iki gero cyo kubyara ku mugore w'umunyarwandakazi cyavuye ku bana 4.1 mu 2019 cyigera kuri 3.7 mu 2025 nk'uko biherutse...

Rayon Sports yabuze inkingi ikomeye mu buvuzi: Urwibutso rwa Dr. Mugemana Charles wasigiye amateka akomeye umupira w’u Rwanda

Rayon Sports yabuze inkingi ikomeye mu buvuzi: Urwibutso rwa Dr. Mugemana Charles wasigiye amateka akomeye umupira w’u Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Dr Mugemana Charles niwe mu bakozi ba Rayon Sport bari bayirambyemo cyane agiye aba Rayon bakimukeneye Umuryango wa Rayon Sports...

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Kugwa kw’amabere y’abagore n’abakobwa ni ingingo ikunze gutera impaka n’ibihuha byinshi, cyane cyane mu muryango nyarwanda aho usanga hari imyemerere...

Next Post
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.