• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Icyamamare mu mupira wamaguru ku isi Christiano Ronaldo azagaragara muri Fast & Furious

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 16, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Icyamamare ku Isi mu mupira w’amaguru, CRISTIANO Ronaldo, akomeje kuvugisha benshi nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa cyane ko ashobora kugaragara muri filime yamamaye ku rwego rw’Isi Fast & Furious, mu gice cyayo cya 11 giteganyijwe gusohoka umwaka utaha 2026.

Nubwo batarabitangaza ku mugaragaro, amakuru aturuka hafi y’abategura iyi filime avuga ko hari ibiganiro biri kuba ku bijyanye n’uko uyu mukinnyi w’ibihe byose yakwitabira iyi filime imaze kwigarurira imitima ya benshi ku Isi.

Ibi byakongera kwagura izina rya Cristiano Ronaldo mu ruganda rwa sinema, nyuma yo kuba yarigaruriye isi y’umupira w’amaguru binyuze mu bihembo n’ibikorwa by’indashyikirwa yagiye akora.

Fast & Furious imenyereweho ibikorwa byihuta, imodoka zihenze n’abakinnyi b’ibyamamare, bikaba byatuma kugaragara kwa Ronaldo muri iyi filime byongerera agaciro iki gice cya 11 gitegerejwe na benshi. Abakunzi b’uyu mukinnyi n’abakunda sinema bakomeje kwibaza niba koko uyu Munya-Portugal azongera gutungura Isi mu rundi rwego rutari urwo asanzwe amenyereweho.

Mu gihe hagitegerejwe itangazo ryemeza aya makuru, icyizere ni cyinshi ko Fast & Furious 11 ishobora kuzaba indi ntambwe ikomeye ihuza siporo na sinema ku rwego mpuzamahanga.

Turakomeza kibakurikiranira Andi makuru avuga kuri iki gikorwa gitenganyujwe kugaragaramo Christiano Ronaldo.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Umubano wa Katrina Nilzero na Sheilah Gashumba wajemo agatotsi

Next Post

CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
29 minutes ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
22 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i...

Next Post
CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

CAF ihagaritse ikoreshwa rya Vuvuzela muri CAN 2025 izabera muri Maroc

Uko abana bakoresha za robo mu kwitegura kuzaba impuguke

Uko abana bakoresha za robo mu kwitegura kuzaba impuguke

Bruce Melodi asuye Nyabugogo, yegera abaturage anabakuramo isoko y’indirimbo nshya

Bruce Melodi asuye Nyabugogo, yegera abaturage anabakuramo isoko y’indirimbo nshya

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.