• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Geosteady avuga ku buzima bwe nyuma yo kuva mu bigo ngororamuco, asangiza isomo yakuye mu rugendo rwo kwiyubaka

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
February 2, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Geosteady yatangaje ko ubuzima bwe bwahindutse cyane nyuma yo gusoza gahunda yo kwivura no kwiyubaka mu bigo ngororamuco, aho yari yajyanywe kubera ibibazo by’ibiyobyabwenge. Yagarutse ku masomo akomeye yakuye muri uru rugendo, ashimangira ko kwitandukanya n’ingeso mbi bisaba kwiyemeza no guhindura imibereho.

Mu byo yagarutseho, Geosteady yavuze ko ubunebwe no kugira igihe kinini kidakoreshwa ari bimwe mu bintu bishobora gusubiza umuntu mu ngeso mbi yari yararetse. Yavuze ko umuntu uri mu rugendo rwo kwivura agomba kwihugura no kugira gahunda ihamye imufasha gukomeza gutekereza ku byiza.

Ati: “Kugira ngo utsinde ibiyobyabwenge, ugomba kwishakira icyo uhugiramo no kuba ufite gahunda ihoraho. Iyo uri umunebwe, ibitekerezo byawe bigusubiza mu ngeso wari wararetse.”

Goesteady yahakanye burundu ko atazongera gusubira mu biyobyabwenge ko ahubwo azaharanira gukora cyane

Uyu muhanzi yanavuze ko yahinduye byinshi mu buzima bwe bw’imibanire, cyane cyane abo yagendaga na bo, avuga ko byamufashije gusubirana icyizere no gukomeza kuba ku murongo mwiza. Yagaragaje ko kwitondera abo ugendana na bo ari ingenzi ku muntu wese ushaka impinduka nziza.

Ati: “Rimwe na rimwe ugomba guhindura abo ugendana na bo. Ushake abantu bakugiraho ingaruka nziza, bakongerera agaciro ubuzima bwawe kandi ububaha. Nahinduye itsinda nari ndimo, sinabaciyeho burundu, ariko nagabanyije uko twavuganaga.”

Geosteady yavuze ko ubu ari kwitwara neza, yiteguye kongera gushyira imbaraga mu muziki we no kuba urugero rwiza ku bandi bari mu bihe bikomeye by’ubuzima. Yashishikarije urubyiruko n’abandi bafite ibibazo nk’ibyo yanyuzemo kudacika intege no gushaka ubufasha igihe babukeneye.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Spice Diana na Iryn Namubiru bagiye guhuriza abakunzi b’umuziki i Londres ku munsi w’abakundana

Next Post

Niyongira Patience yabereye Police FC intwari, yambura APR FC Igikombe cy’Intwari

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
15 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
16 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Niyongira Patience yabereye Police FC intwari, yambura APR FC Igikombe cy’Intwari

Niyongira Patience yabereye Police FC intwari, yambura APR FC Igikombe cy’Intwari

Umuhanzi w’icyamamare yitabye Imana nyuma yo kurumwa n’inzoka ari mu nzu ye

Umuhanzi w’icyamamare yitabye Imana nyuma yo kurumwa n’inzoka ari mu nzu ye

Ingeso 6 zishobora kwangiza ubuzima bw’uruhago rwawe n’uburyo bwo kuzihindura

Ingeso 6 zishobora kwangiza ubuzima bw'uruhago rwawe n'uburyo bwo kuzihindura

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.