• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Dr Lover Bwoy yatangaje urukundo akunda Spice Diana

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi ukizamuka Dr. Lover Bwoy yatangaje ko amaze igihe akunda mu ibanga umuhanzikazi Spice Diana.

Mu kiganiro yagiranye na Allan Cruza kuri gahunda ya Allan Xclusive, uyu muhanzi ari kwigaragaza mu muziki yavuze ko ashimishwa cyane na Spice Diana, anavuga ko amaze igihe kinini amukunda ariko atazi uburyo yamwegera ngo abimubwire.

Yagaize ati: “Spice Hajatah, ndamukunda kandi ndamutse mbonye amahirwe namugira uwanjye ibyo byashimisha kandi cyane.”

Nubwo bahuye inshuro nyinshi mu bihe bitandukanye, Dr Lover Bwoy avuga ko ataratinyuka ngo amugaragarize amarangamutima amufihe ndetse n’uko amwiyumvamo. Icyakora, yemeza ko Spice Diana ashobora kuba azi ko amwishimira, yongeye kuvuga ko yizeye ko iki kiganiro na cyo kizamugeraho.

Dr Lover Bwoy yatangaje urukundo akunda Spice Diana

Uyu muhanzi yakomeje avuga ko amukunda cyane, ndetse ko akunda gukurikirana buri munsi ibikorwa bye ku mbuga nkoranyambag.

Yagize ati: “Buri munsi nkurikirana imbuga ze zirimo Instagram na Tik Tok ziwe.”

Abajijwe niba yaba afite ubushobozi bwo kwita ku muhanzi umaze kubaka izina nka Spice Diana, Dr Lover Bwoy yavuze ko atizeye ubushobozi bwe.

Yagize ati: “Iyo winjiye mu kintu bwa mbere ntuba uzi neza uko bizagenda, ariko iyo wabyinjiyemo birakunda ukabona byikora.”

Asa n’utebya, mu kiganiro Allan Cruz yagerageje guhamagara Spice Diana kugira ngo amubaze iby’uyu muhanzi ukizamuka ko yaba azi ko amukunda. Ababjijwe niba azi Dr. Lover Bwoy, Spice Diana yasubije agira ati: “Yego rwose ndamuzi. Nyuma yo kumva ko amukanda, yabifashe nkaho ari gutera urwenya.

Ati: “Oya rwose, ntibishoboka. Ntekereza ko namurusha imyaka. Mwebwe ntimutinya bakuru banyu koko.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Mike Tyson agiye kurwana na Floyd Mayweather ‘umukino ubere muri DR Congo’

Next Post

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Indirimbo Morocco remix Joshua Baraka yakoranye na Shensea ikomeje ku rikoroza

Indirimbo Morocco remix Joshua Baraka yakoranye na Shensea ikomeje ku rikoroza

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Indirimbo ‘Morocco’ ya Joshua Baraka yasohotse mu 2025 (iri kuri album Juvie) ikomeje kwamamara cyane, aho remix yakoranye n’umuhanzikazi Shensea...

“Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze” – Papa Sava

“Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze” – Papa Sava

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Mu rugendo rwe rurerure mu buhanzi bwe no mu mukwandiak amafirime, Niyitegeka Gratien uzwi nka Seburikoko cyangwa Papa Sava yagaragaje...

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Ubwo ivugabutumwa rikomeje gushaka inzira nshya zo kugera ku bantu benshi, itsinda ry’abaririmbyi Gisubizo Ministry ryahisemo kwagura imbago z’umuziki wa...

Next Post
Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

“Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana” – Bruce Melodie

"Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana" - Bruce Melodie

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  "Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu"

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.