Nyuma y'igihe bivugwa ko icyamamarekazi muri sinema, Angelina Jolie, ari mu rukundo n'umuraperi Akala wo mu Bwongereza, ubu noneho umubano wabo ukomeje gufata indi ntera.
Mu mpera z’icyumweru gishize, umusizi Kibasumba Confiance yakoze igitaramo cye cya mbere yari yiteguriye cyabereye muri Space Urwintore gishimangira ko ari umusizi wo guhangwa ijisho mu minsi iri imbere.
Rutahizamu w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda Amavubi na One Knoxville SC yo muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika,Nshuti Innocent arifuzwa n'amakipe akina muri shampiyona z'icyiciro cya mbere yo mu bihugu bine bitandukanye.
Ibintu biba byarabaye kuri iyi tariki mu myaka yashize ni byinshi cyane ariko uyu munsi, InyaRwanda yaguhitiyemo bimwe mu by’ingenzi bidateze kwibagirana mu mateka y’isi.
Fondasiyo Nyafurika y'Ishuri ry'Imiyoborere (African School of Governance/ ASG Foundation) ifite icyicaro gikuru i Kigali mu Rwanda, yashyizeho Umunya-Nigeria Prof. Kingsley Moghalu nk'umuyobozi mukuru w'ikigo gishya cy'imiyoborere yatangije.
Nyuma yaho umuraperi P.Diddy afunzwe ibirego bigakomeza kwiyongera, ubu yashinjwe gufata ku ngufu umwana w'umukobwa w'imyaka 13 akaba yarabikoze mu 2000.
Uko ibihe bisimburana hagenda hagaragara ubushakashatsi bwinshi harimo n'ubutangaje, ku buryo ubwumvise agira ngo ni ibinyoma. Ubushakashatsi bushya busa n'ubusekeje kandi butangaje bwagaragaje ko ari bibi kumva indirimbo za Justin Bieber uri kurya kuko bibishya amafunguro.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yakiriye itsinda ryaturutse muri Lesotho riyobowe na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubutabera w’Ubwami bwa Lesotho, Nthomeng Majara, mu ruzinduko ruzamara iminsi itandatu, ashima aho u Rwanda rugeze mu iterambere.
Nyuma y'uko mu myaka yashize Donald Trump yagiye ashinjwa n'abanyamideli batandukanye ihohotera rishingiye ku gitsina, ubu noneho undi mugore witwa Stacey Williams wahoze amurika imideli nawe yamushinje ko yamuhohoteye mu 1993.
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yerekeje mu gihugu cya Canada, aho agiye gukorera ibitaramo bine, asiga avuze ko nta mikoranire yihariye yagiranye na 'Fatakumavuta' nk'uko byagiye bivugwa mu bihe bitandukanye.