Umuraperi 50 Cent yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo Netflix isohora filime mbarankuru nshya bakoranye ikubiyemo ubuzima n’ibihe bikomeye by’icyamamare Sean “Diddy” Combs, aho harimo n’amashusho atari yarigeze ajya hanze yafashwe mu minsi itandatu mbere y’uko...
Umuhanga mu gutunganya umuziki no kuririmba, Element Eleeeh, yongeye gushimangira intambwe agezeho ku rwego mpuzamahanga nyuma yo gutangaza gahunda nshya y’urugendo rw’ibitaramo bikomeye azakorera mu bihugu bitandukanye byo i Burayi guhera mu Ugushyingo 2024 kugeza muri Gashyantare 2025....
Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo. Uyu muhanzi w’icyamamare, wamaze imyaka 17 atuye i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu ari i...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Chris Evans Kaweesa, yongeye gutangaza impamvu yisubiyeho ku mugambi we wo kwinjira muri politiki no kwiyamamariza kuba Umudepite uhagarariye akarere ka Makindye Ssabagabo. Mu kiganiro aherutse gukorera kuri kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda,...
Umuyobozi w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yatangaje uburyo urukundo rwe na Barbie Itungo Kyagulanyi rwatangiye mu buryo butunguranye, avuga ko mu ntangiriro batigeze bagirana ubucuti na buke. Mu kiganiro aherutse gutanga, Bobi Wine yavuze ko...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’abafte ubumuga mu Rwanda NCPD Bwana Ndayisaba Emmanuel, aratangaza kuva mu 2012 kugeza hamaze gukorwa byinshi bishimishije bifasha abafite ubumuga by’umwihariko ku birebana n’ibikorwaremezo. Ni mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo bateguraga icyumweru cyahariwe abafite ubumuga...
Aimé Uwimana ufatwa nka sekuru w'abaramyi bo mu Rwanda, yakoze mu ngazo azirikana ubuntu n'urukundo by'Umukiza. Ni mu ndirimbo yengetse yise "Ku Meza y'Umwami" yaryoheye benshi, bituma bamwe abakumbura gutaramana nawe mu gitaramo cye bwite. Mu ndirimbo shya...
Ama G The Black yatangaje uko afata Rev Dr Antoine Rutayisire nk’umuwarimu w’ubuzima kandi wamufashije gukora indirimbo ze. Umuraperi Hakizimana Amani uwamamaye nka Ama G The Black uzwiho gukora indirimbo zifite ubutumwa bukomeye kandi zigaragaza ubuzima bwa muntu,...
Dubai ikomeje kuba indiri y'ubucuruzi bw'abakobwa bava muri Uganda bijejwe akazi bagerayo bagasanga bari kuryamana n'abakire. Amafaranga bahabwa atwarwa na Abbey, umugande wiyemeje kubacuruza. Izina Charles Mwesigwa 'Abbey' rirazwi cyane i Dubai umujyi afata nk'akarima ke. Ni umugande...
Nyuma y’uko Kalisa Adolphe agaragaje imbogamizi z'uko atabonye dosiye yasabye ko yahabwa igihe gihagije akitegura iburana. Ku wa 19 Nzeri 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza rwa Kalisa Adople uri kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku minsi...