Umuyobozi w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yatangaje uburyo urukundo rwe na Barbie Itungo Kyagulanyi rwatangiye mu buryo butunguranye, avuga ko mu ntangiriro batigeze bagirana ubucuti na buke. Mu kiganiro aherutse gutanga, Bobi Wine yavuze ko...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’abafte ubumuga mu Rwanda NCPD Bwana Ndayisaba Emmanuel, aratangaza kuva mu 2012 kugeza hamaze gukorwa byinshi bishimishije bifasha abafite ubumuga by’umwihariko ku birebana n’ibikorwaremezo. Ni mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo bateguraga icyumweru cyahariwe abafite ubumuga...
Aimé Uwimana ufatwa nka sekuru w'abaramyi bo mu Rwanda, yakoze mu ngazo azirikana ubuntu n'urukundo by'Umukiza. Ni mu ndirimbo yengetse yise "Ku Meza y'Umwami" yaryoheye benshi, bituma bamwe abakumbura gutaramana nawe mu gitaramo cye bwite. Mu ndirimbo shya...
Ama G The Black yatangaje uko afata Rev Dr Antoine Rutayisire nk’umuwarimu w’ubuzima kandi wamufashije gukora indirimbo ze. Umuraperi Hakizimana Amani uwamamaye nka Ama G The Black uzwiho gukora indirimbo zifite ubutumwa bukomeye kandi zigaragaza ubuzima bwa muntu,...
Dubai ikomeje kuba indiri y'ubucuruzi bw'abakobwa bava muri Uganda bijejwe akazi bagerayo bagasanga bari kuryamana n'abakire. Amafaranga bahabwa atwarwa na Abbey, umugande wiyemeje kubacuruza. Izina Charles Mwesigwa 'Abbey' rirazwi cyane i Dubai umujyi afata nk'akarima ke. Ni umugande...
Nyuma y’uko Kalisa Adolphe agaragaje imbogamizi z'uko atabonye dosiye yasabye ko yahabwa igihe gihagije akitegura iburana. Ku wa 19 Nzeri 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza rwa Kalisa Adople uri kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku minsi...
Umuhanzi wo muri Uganda, Fik Fameica, yateguje igitaramo cye cyizaba ku itariki ya 5 Nzeri, kikaba cyitezwe. Yatangiye imyiteguro ya nyuma, harimo imyitozo. Nyuma y’ukwezi akora ibikorwa byo kwamamaza ku butaka. Umwaka wa 2025 umaze kumenyekana kubera ibitaramo...
Iyi nkuru ikubiyemo amakuru avugwa mu isi y’imyidagaduro. Ntabwo twakusanyije amakuru menshi ahubwo twakurikiranye ikibazo cya Bushali n'umuyobozi wa PSF I Nyamasheke aho twasanze uwo muraperi ari kwigiza nkana kuko yishe amasezerano. Umuraperi Bushali yanditse ku rubuga rwa...
Umuhanzikazi wo muri Tanzania Zuchu, yatumiwe mu muhango wo gusoza irushanwa rya CHAN 2024, nk'umuhanzi mukuru, iri rushanwa rya CHAN 2024, ryabereye kuri Moi International Sports Centre i Kasarani. Uyu muhanzikazi ni we watangije ibirori ku mugaragaro aririmba indirimbo...
Umukinnyi Killian Mbappé yatangaje ko akunda umuziki wa Davido by'umwihariko akaba muri iyi minsi ari kumva cyane 'With You 'ya Davido na Omah Lay. Davido ni umwe mu bahanzi batatu bakunzwe muri Nigeria akaba yaratumye habaho inyabutatu nyuma...