Mu bihe bya vuba, ku mbuga nkoranyambaga hakunze kugaragara inkuru zivuga ko kujya muri sauna no kwoga mu mazi akonje ari “umuti w’igitangaza”: bivugwa ko byongera ubudahangarwa bw’umubiri, bigashonga ibinure, bigagabanya ububabare bwo mu ngingo ndetse bikanafasha mu...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, akaba n’Umujyanama wa Perezida Museveni mu by’ubuhanzi, yagaragaje impungenge n’ibibazo ku magambo aherutse gutangazwa na mugenzi we Bobi Wine, aho yavuze ko igihugu cya Uganda kiri “kumarwa n’amaraso” (bleeding). Eddy Kenzo yibajije...
Umuti ugabanya ibiro unifashishwa no mu kuvura diyabete yo mu bwoko bwa kabiri uzwi nka Mounjaro (tirzepatide) ukomeje guteza impaka mu Bwongereza, aho bamwe mu bawukoresha bawushimira intambwe bateye mu buzima bwabo, mu gihe abandi bavuga ko wabateje...
Umuhanzikazi Cindy Sanyu yateye utwatsi igitekerezo cyo kongera guhangana na Sheebah Karungi, avuga ko atari mu ntego ze kongera gukora ibyo yise ko byari kuba ishyano ku ruhande rwa Sheebah. Cindy, wabaye umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda,...
Umuhanzikazi Jackie Chandiru yavuze ko atazongera gushyira urukundo rwe ku mugaragaro, ahubwo ko azajya arukoresha mu buryo bw'ibanga. Jackie, wamamaye mu itsinda rya Blu 3, avuga ko kuva mu bihe bitandukanye by’ubuzima bwe, yamenye neza akamaro ko kugira...
Umuraperi 50 Cent yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo Netflix isohora filime mbarankuru nshya bakoranye ikubiyemo ubuzima n’ibihe bikomeye by’icyamamare Sean “Diddy” Combs, aho harimo n’amashusho atari yarigeze ajya hanze yafashwe mu minsi itandatu mbere y’uko...
Umuhanga mu gutunganya umuziki no kuririmba, Element Eleeeh, yongeye gushimangira intambwe agezeho ku rwego mpuzamahanga nyuma yo gutangaza gahunda nshya y’urugendo rw’ibitaramo bikomeye azakorera mu bihugu bitandukanye byo i Burayi guhera mu Ugushyingo 2024 kugeza muri Gashyantare 2025....
Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo. Uyu muhanzi w’icyamamare, wamaze imyaka 17 atuye i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu ari i...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Chris Evans Kaweesa, yongeye gutangaza impamvu yisubiyeho ku mugambi we wo kwinjira muri politiki no kwiyamamariza kuba Umudepite uhagarariye akarere ka Makindye Ssabagabo. Mu kiganiro aherutse gukorera kuri kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda,...
Umuyobozi w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yatangaje uburyo urukundo rwe na Barbie Itungo Kyagulanyi rwatangiye mu buryo butunguranye, avuga ko mu ntangiriro batigeze bagirana ubucuti na buke. Mu kiganiro aherutse gutanga, Bobi Wine yavuze ko...