Umuhanzikazi wo muri Tanzania Zuchu, yatumiwe mu muhango wo gusoza irushanwa rya CHAN 2024, nk'umuhanzi mukuru, iri rushanwa rya CHAN 2024, ryabereye kuri Moi International Sports Centre i Kasarani. Uyu muhanzikazi ni we watangije ibirori ku mugaragaro aririmba indirimbo...
Umukinnyi Killian Mbappé yatangaje ko akunda umuziki wa Davido by'umwihariko akaba muri iyi minsi ari kumva cyane 'With You 'ya Davido na Omah Lay. Davido ni umwe mu bahanzi batatu bakunzwe muri Nigeria akaba yaratumye habaho inyabutatu nyuma...
Rugaju Reagan, Jangwani, Ishimwe Ricard, CSP Sengabo Hillary, CSP Olive Mukantabana, Biganiro Mucyo n'abafana bari mu barekuwe by'agateganyo n'urukiko rwa Gisirikare. Rugaju, Mucyo, Ricard na Jangwani bafunguwe by'agateganyoKu wa 26 Kanama 2025 saa 12:52 Inteko y'abacamanza ba gisirikare...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere cyahagaritse Kings Bet Ltd, ikigo gicuruza imikino y’amahirwe. Ku wa 25 Kanama 2025 RDB yashyize ku mbuga nkoranyambaga itangazo rimenyesha abantu bose bireba ko yahagaritse Kings Bet Ltd, nk’urwego rufite ububasha bwo kugenzura imikino y’amahirwe....
Kuri uyu wa kane, tariki ya 21 Kanama 2025, umuraperi Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara atembera mu mihanda ya Los Angeles yambaye imyenda icitse — yambaye gusa kambarizo n’inkweto z’umweru z’amakoboyi (cowboy boots). Amashusho...
Umuraperi w’Umunyamerika Jay-Z, uzwi kandi nk’umugwizatunga n’umushoramari ukomeye, yongeye kwandika amateka nyuma yo kwemezwa na Forbes Billionaire List 2025 nk’umuhanzi ukize kurusha abandi ku isi. Nk’uko Forbes ibigaragaza, umutungo wa Jay-Z ubarirwa kuri miliyari 2.5 z’amadolari (asaga triliyari 3.25...
Ku wa 21 Kanama 2025 Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry'urubanza rw'abantu 28. Urukiko rwa Gisirikare rwimuye urubanza rw'abantu 28 barimo abasirikare, abanyamakuru, n'abakozi ba RCS.Mu gitondo cyo ku wa 21 Kanama 2025 umwanditsi w'urukiko rwa Gisirikare yasobanuye...
Icyamamare mu muziki wa Afrobeats, Iyanya yateguje abafana be kubaha album nshya agahita atangira urugendo rw’ibitaramo muri Amerika. Iyanya abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yabwiye abafana be ko ku wa 12 Nzeri 2025 azashyira hanze album ya gatanu....
Umuhanzi King James yatangiye imyiteguro y’igitaramo azizihirizamo imyaka 20 ari mu muziki. Kinga James yari umuhanzi mukuru mu bitaramo bya MTN Iwacu na Muzika Festival byasorejwe I Rubavu ku wa 16 Kanama 2025 kuri sitade ya Nengo. Umuhanzi...
Abahanzi Bull Dog, Jay C na Bull Dog hari amashusho yabo akomeje gucaracara bari kurwana n’abafana b’I Rubavu mu kabari kitwa kwa Nyanja kari hafi y’umupaka w’u Rwanda na Repubulika iharanira ya Congo. Mu ijoro ryo ku wa...