Kigali, Rwanda — With the support of the International Pollutants Elimination Network (IPEN), the Association Rwandaise des Ecologistes (ARECO–RWANDA NZIZA) has launched a public awareness campaign to highlight the often-overlooked dangers posed by endocrine-disrupting chemicals (EDCs), commonly found...
Abafite ikibazo cy'umuhangayiko bakunze kumva inama zinyuranye zabafasha zirimo gusinzira neza, kurya indyo yuzuye no gukora imyitozo ngororamubiri. Muri izo nama, gusiganwa (kwiruka) birihariye: si imyitozo ngororamubiri gusa, ahubwo ni n'umufasha ukomeye wa roho (w'umutima) nkuko siyansi ibisobanura....
Ubushakashatsi bushya bwakorewe ku bagore 600 mu bitaro bine byo mu Rwanda bugaragaza ko benshi mu bageze mu gihe cyo gucura (menopause), cyane cyane kuva ku myaka 51 kuzamura, bahura n’ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe. Ibyavuye mu...
Mu myaka ya vuba, uburyo bwo guhindura ishinya (tattoo) umukara, cyane cyane ku rubyiruko rwo mu Rwanda, buragenda buzamuka. Guhindura ishinya cyangwa iminwa umukara hifashishijwe tattoo ni imwe mu myidagaduro no guhanga ibishya ku mubiri. Iyi myemerere ikomeje...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, Urugaga Nyarwanda rw’Abafite Virusi itera Sida (RRP+ Rwanda), ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), mu nama nyungurana bitekerezo mu rugamba rwo kurwanya ikwirakwizwa ry’ubwandu bushya bwa VIH binyuze mu...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’abafte ubumuga mu Rwanda NCPD Bwana Ndayisaba Emmanuel, aratangaza kuva mu 2012 kugeza hamaze gukorwa byinshi bishimishije bifasha abafite ubumuga by’umwihariko ku birebana n’ibikorwaremezo. Ni mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo bateguraga icyumweru cyahariwe abafite ubumuga...
Kuboneza urubyaro ni imwe mu ngamba z’ubuzima zigamije gufasha imiryango gutegura ejo hazaza habo neza, kurinda ubuzima bw’ababyeyi n’abana, no guteza imbere imibereho myiza. Mu Rwanda, Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko ubwitabire bw’uburyo bwo kuboneza urubyaro buri ku kigero...
Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa, hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye n’abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe.Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Gukorera mu...
Umuyobozi uyoboye agashami k’imirire mu muryango w’abibumbye ushinzwe ubuhinzi n’ibiribwa ku isi FAO Madame Christine Mukantwari aratangaza ko abanyarwanda 5% gusa aribo barya inyama mu gihe abandi 95% batabona inyama mu gihe gikwiye. Ibyo yabitangaje kuri uyu wa...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu gihugu. Uyu mwuka mubi ngo watewe n’ukugabanuka gukabije kw’amazi y’umugezi wa Nyabarongo, aho...