Kutonsa umwana bihagije ni kimwe mu bibazo bikomeje gutera imirire mibi mu bana bato, nk’uko byagarutsweho na Depite Uwababyeyi Jeannette, umwe mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu nteko ishinga amategeko, asobanura ko konsa umwana kugeza nibura ku myaka...
Imodoka ya Jean Marie Vianney Bangirana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, yafashwe n’inkongi y’umuriro ku mugoroba wo ku wa 4 Gashyantare 2025, irashya irakongoka. Iyi mpanuka yabaye ubwo yari avuye mu Nteko z’Abaturage mu...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzima Sabin, yatangaje ko kugira ngo u Rwanda rube rwaranduye kanseri y’inkondo y’umura mu 2027, hakenewe miliyari 52 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 38 z’Amadolari y’Amerika), azakoreshwa mu bikorwa by’ubuvuzi bw’iyo ndwara. Yabigarutseho kuri uyu wa...
Ubuzima bwo mu mutwe ntibukiri ikibazo cyirengagizwa nk’uko byahoze hambere. Muri iki gihe, abantu barushaho kumenya akamaro ko kwita ku marangamutima yabo, bakaba bafite amahitamo yo kugana inzobere mu buvuzi cyangwa se bakifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI). Nubwo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri hagati y’ukwezi kwa Nzeri 2023 na Nzeri 2024, aho abarwayi bavuye ku bihumbi 43 bakagera ku bihumbi 85. Ibi ni ibyatangajwe na Dr. Aimable Mbituyumuremyi,...
Mu ibaruwa Umuyobozi Mukuru wa Africa CDC, Dr. Jean Kaseya, yandikiye Minisitiri w’Ubuzima muri Amerika, Xavier Becerra n’Umuyobozi Mukuru wa US CDC, Dr. Mandy Cohen, yagaragaje ko hashize iminsi 18 mu Rwanda nta muntu wandura Marburg, ndetse ko...
Ubushinjacyaha burasabira abagabo batanu bakekwaho kwica umwana w’imyaka 12 witwa Kalinda Loîc Ntwali igihano cyo gufungwa burundu. Abaregwa baburanira mu rukiko rwisumbuye rwa Huye bahakana icyaha baregwa bagasaba kugirwa abere.Ubushinjacyaha bukurikiranyeho abagabo 5 b’i Nyanza ari bo Ngarambe...
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye indwara ya Marburg yarangiye.
Abarenga 84% ntibahawe ubufasha: Imibereho y’abangavu baterwa inda mu Rwanda.
Ubusanzwe kugira umunaniro bishobora guterwa n’impamvu nyinshi,nko kuba wakoze cyane,stress,…. Nubona ukunda kugira umunaniro wa hato na hato ndetse niyo waba waruhutse,umutima wawe ushobora kuba watangiye gukora nabi,Umwuka mwiza wa oxygen ushobora kuba wabaye muke mu mikaya.