Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umugabo wagaragaye mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambanga amenagura ibirahuri by’imodoka ziparitse mu Mujyi wa Kigali yafashwe, hagasangwa afite ibibazo byo mu mutwe, ahita ajyanwa kuvurirwa mu bitaro bya CARAES i Ndera. Aya...
Mu gihugu cya Ethiopia, abaganga bakoze igikorwa cyatangaje benshi nyuma yo kubasha gusubizaho akaboko k’umusore w’imyaka 20 kari kaciwe n’imashini, bakemeza ko ari bwo bwa mbere igikorwa nk’iki gikozwe neza muri iki gihugu. Ibi byabereye ku bitaro byigenga...
Umuti ugabanya ibiro unifashishwa no mu kuvura diyabete yo mu bwoko bwa kabiri uzwi nka Mounjaro (tirzepatide) ukomeje guteza impaka mu Bwongereza, aho bamwe mu bawukoresha bawushimira intambwe bateye mu buzima bwabo, mu gihe abandi bavuga ko wabateje...
Uwahoze ari umuganga ushinzwe gutera ibinya (anaesthetist) yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo guha uburozi ku bushake abarwayi 30, maze 12 muri bo bukabahitana. Frédéric Péchier, ufite imyaka 53, yakatiwe ku wa gatanu nyuma y'urubanza...
Stress cyangwa se ibyo bamwe bita umuhangayiko, ishobora kugira ingaruka mbi ku buzima bwacu. Itera kurwara umutwe, kubabara mu nda, kubura ibitotsi, kandi ishobora no guhindura imico yacu yo kurya. Iyo turi mu bihe by'umuhangayiko, dushobora kumva dushaka...
Abagore bafite Ubumuga bwo kutabona baturutse mu mashyirahamwe 64 y’abafite Ubumuga bwo kutabona mu gihugu hose bagaragaje ko mu myaka 30 ishize hari aho bavuye n’aho bageze kandi hashimishije, gusa bongeraho ko hari ibindi bikibabangamiye birimo n’Ihohoterwa rishingiye...
Hagaragaye inkuru iteye impungenge ku rwego mpuzamahanga aho intanga ngabo z’umugabo umwe, zari zirimo impinduka z’uduce ndangakamere dutera kanseri, zakoreshejwe mu gutera inda hafi 200 mu bihugu bitandukanye by’i Burayi. Izi ntanga zari zirimo impinduka yo mu gace...
Umuryango ARECO - RWANDA NZIZA ku bufatanye na IPEN (The international Pollutants Elimination Network)urasaba abanyarwanda kwirinda no kugabanya gukoresha ibintu bya pulasitiki kuko bigira ibinyabutabire byangiza ubuzima kandi bigahindura imikorere y'imisemburo mu mubiri ku bagore n’abakobwa ndetse n’abana....
Kuva ku kwirukanka uzamuka amadarage (escalier), kugeza ku buhinzi: imwe mu mirimo yo mu buzima bwa buri munsi ishobora kugufasha kugira ubuzima buzira umuze no gutuma ubaho igihe kirekire. Buri wese azi ko urufunguzo rwo kubaho igihe kirekire...
Umuryango nyarwanda wita ku bidukikije ARECO–RWANDA NZIZA, ku bufatanye n’ihuriro mpuzamahanga rirwanya ibihumanya IPEN ( International Pollutant Elimination network, watangije ubukangurambaga bugamije kumenyekanisha ingaruka zidakunze kuvugwa ku buzima zituruka ku burozi bwangiza imisemburo y’umubiri (Endocrine Disrupting Chemicals –...