Mu gace ka Sicile mu Butaliyani, umugabo w’imyaka 42 yisanze mu bibazo bitari biteganyijwe, nyuma yo kugaragara mu mashusho yo kwamamaza resitora yashyizwe kuri TikTok atabizi, ari kumwe n’umugore utari uwe. Iyi videwo yari igamije kwamamaza uburyohe n’imyidagaduro...
Mu Mujyi wa Shanghai mu Bushinwa, umugabo n’umugore bageze aho basaba gatanya, atari kubera ubukene, ubusambanyi cyangwa amakimbirane akomeye, ahubwo bitewe n’uko bananiwe kumvikana ku izina ry’umwana wabo w’umuhungu. Uyu mwana ubu amaze umwaka urenga avutse, ariko kugeza...
Amakuru mashya yagiye ahagaragara ku rupfu rw’umutikitoka (TikToker) wamamaye cyene ndetse akanaba umucuruzi wakoreraga kuri murandasi, Dianah Skys, amazina ye nyakuri Diana Namulinde, wapfiriye mu nzu yabagamo i Kyanja, agace kegereye umujyi wa Kampala. Abashinzwe iperereza muri iki...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umubyeyi wo mu Karere ka Musanze ukurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umwana we w’imyaka 11 amutwikishije ipasi ku mubiri, mu gikorwa kinyuranyije n’amategeko arengera uburenganzira bw’abana. Uyu mwana yigaga ku...
Ubushakashatsi bwa Transparency International Rwanda (TIR) bwagaragaje ko ruswa igikomeje kugaragara mu mashuri makuru na za kaminuza zo mu Rwanda, by’umwihariko ruswa ishingiye ku gitsina. Ubu bushakashatsi bwakozwe mu 2025, bugamije kureba uko serivisi zitangwa mu nzego zitandukanye...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwatangiye kwakira dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin, umurezi akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya CST, ukurikiranyweho ibyaha bikomeye bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Iyi dosiye ikomeje gukurura amatsiko ya benshi bakurikiranira...
Umunyamakuru w’imbuga nkoranyambaga (TikToker) Luwi Light yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa none, nyuma yo gufatwa akagirwa imfungwa by’agateganyo mu cyumweru gishize, akekwaho gutoteza no guhohotera abantu hakoreshejwe ikoranabuhanga (cyber harassment), mu rubanza ruregwamo umugore wa Bebe Cool,...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Benjamin Manirakiza, wigisha muri kaminuza, akekwaho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa biga mu mashuri yisumbuye, icyaha kiri mu bikomeje guteza impungenge ku mutekano w’abana n’urubyiruko. Mu itangazo...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu bane barimo umwarimu wo muri Kaminuza, bakurikiranyweho ibyaha bikomeye bifitanye isano no gusambanya abana no gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’abandi, mu bikorwa RIB ivuga ko byiyongera byihishe inyuma y’imvugo...
Mu gihe Abanya-Uganda bari mu gikorwa cyo gutora umukuru w’igihugu, amatora rusange yabaye urubuga rw’impaka n’impungenge zikomeye ku miterere ya demokarasi n’ikoranabuhanga mu gihugu, nyuma y’uko internet ihagaritswe mu gihugu hose. Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho, Robert Kyagulanyi...