Kalisa Adolphe alias Camarade wabaye umunyamabanga mukuru wa FERWAFA yageze ku rukiko rw'ibanze rwa Gasabo. Kalisa Adolphe 'Camarade' yageze ku rukikoKalisa Adolphe alias Camarade wabaye umunyamabanga mukuru wa FERWAFA agiye kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku minsi 30...
Urubanza rwabaye ku wa 15 Nzeri 2025 Ubushinjacyaha bwasabiye Bishop Gafaranga gufungwa imyaka 5 n'ihazabu ya 300.000 Frw Ku wa 15 Nzeri 2025 rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije mu muhezo urubanza rwa Habiyaremye Zacharie alias Bishop Gafaranga wunganiwe na...
Ku wa 16 Nzeri 2025 ku rukiko rwa Gisirikare I Nyamirambo hagombaga kuburanishwa urubanza rwa Majoro Jean Claude Habineza n’umusivile Bavakure Ndekwe Felix. Icyakora siko byagenze bitewe nuko Majoro Jean Claude Habineza yifuje kwiyunga n’abo yambuye amafaranga asaga...
Polisi y'u Rwanda nyuma y'uko icakiye ibisambo bitatu yabyeretse itangazamakuru Polisi yerekanye bya bisambo bitatuPolisi y'u Rwanda yerekanye abagabo batatu bagaragaye mu mashusho bari gushaka kwica umugore.Polisi y’u Rwanda yabwiye itangazamakuru ko abantu batatu bakekwaho gutema umuturage mu...
Rugaju Reagan, Jangwani, Ishimwe Ricard, CSP Sengabo Hillary, CSP Olive Mukantabana, Biganiro Mucyo n'abafana bari mu barekuwe by'agateganyo n'urukiko rwa Gisirikare. Rugaju, Mucyo, Ricard na Jangwani bafunguwe by'agateganyoKu wa 26 Kanama 2025 saa 12:52 Inteko y'abacamanza ba gisirikare...
Mu gitondo cyo ku wa 26 Kanama 2025 Urukiko rwa Gisirikare rugiye gusoma umwanzuro ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku basaga 28 barimo abasirikare, abanyamakuru n'abasivile. Ishusho yo ku rukiko rwa Gisirikare mbere yo gusoma umwanzuro Abasaga 28 barimo...
Ku wa 21 Kanama 2025 Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry'urubanza rw'abantu 28. Urukiko rwa Gisirikare rwimuye urubanza rw'abantu 28 barimo abasirikare, abanyamakuru, n'abakozi ba RCS.Mu gitondo cyo ku wa 21 Kanama 2025 umwanditsi w'urukiko rwa Gisirikare yasobanuye...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ibinyujije kuri X ko mu mezi 12 ashize yahambirije abanyamahanga 64 basubira mu bihugu byabo nyuma yo gukora urugomo, gukubita no gukomeretsa, ubujura. Ni mu gihe abanyamahanga basaga 240 bashyikirijwe inzego z’ubutabera kubera biriya...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Amazina y’abasaga 28 bakurikiranywe n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare barimo abasirikare batatu n’abasivile 25. Capt Peninah Mutoni, Capt Peninah, Umurungi, MAJ Vicent Muligande. Abasivile barimo;Kalisa Georgine,Muragane J Claude, Nzita Eric,Niyigena Rome,Ndabunguye Alex, Gatete Tomson, Mugisha Frank,Iradukunda Eric, RURANGWA Jules,Biganiro Mucyo,Ndayishimiye...