Urukiko rwa Bioko muri Guinea Equatoriale ku wa Gatatu rwakatiye igifungo cy’imyaka umunani Baltasar Ebang Engonga, uwahoze ari umuyobozi ukomeye mu Ikigo gishinzwe iperereza ku bijyanye n’imari, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kunyereza umutungo. Uyu mugabo kandi yigeze...
Donald Trump yatangaje ko yizeye ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yiteguye kugirana amasezerano ku ntambara yo muri Ukraine, mu gihe bombi bitegura guhura mu nama izabera muri Alaska ku wa Gatanu. Ariko icyifuzo cya Trump ni uko...
Dean Cain, wamenyekanye kubera gukina uruhererekane rwa firime ya Superman mu 1990 "Lois & Clark: The New Adventures of Superman," yatangaje ko agiye kwinjira mu Ishami rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe Abinjira n’Abasohoka (U.S. Immigration and...
Ibihugu byinshi ku Isi biri guhura n’imbogamizi zikomeye kubera icyemezo gishya cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, cyashyizeho imisoro mishya yihariye ku bicuruzwa bituruka mu mahanga. Iyo misoro izwi ku izina rya "reciprocal tariffs"...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yageze ku masezerano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yo kwakira abimukira bagera kuri 250, mu rwego rwo gufatanya mu gukemura ibibazo byugarije isi by’abimukira. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u...
Guhera ku wa 12 Ukwakira 2025, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, uzatangira gukoresha ikoranabuhanga ryo gufata amafoto y’amasura, ibikumwe n’amakuru ya pasiporo ku mipaka, rizasimbura uburyo busanzwe bwo gutera kashe muri za pasiporo, ku bantu badakomoka mu bihugu biwugize....
Abasirikare batatu b’Ingabo za Uganda (UPDF) baguye mu mpanuka y’imodoka yabaye ku wa 28 Nyakanga 2025, mu mujyi wa Bunia, Intara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyo mpanuka yabaye ubwo imodoka ya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko nyakwigendera Jeffrey Epstein yamwibye abakozi bakiri bato barimo na Virginia Giuffre, ubwo yabakuraga kuri club ye ya Mar-a-Lago, aho bakoraga mu gice cya spa Ibi Trump yabivuze...
Amatsinda y'abanditsi, abahanzi, abahanga n’abandi bantu bazwi cyane muri Isael banditse ibaruwa isaba ko isi ishyiraho ibihano bikomeye kuri Leta yabo kubera uburyo iri kwifashisha inzara nk’intwaro yo guhana abaturage ba Gaza. Iyi baruwa yashyizweho umukono n’abantu 31...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko iyo adatanga umusanzu mu biganiro by’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibyo biganiro bitari kubaho, ahubwo ibintu byari kurushaho kuba bibi cyane....