Uyu munsi izina Sat-B riri mu akunzwe cyane mu muziki wo mu karere k’Ibiyaga Bigari, ariko inyuma y’icyo cyubahiro hari inkuru y’urugendo rurerure rwaranzwe n’ubukene, gusuzugurwa n’igeragezwa rikomeye. Sat-B, amazina ye nyakuri akaba Bizimana Abubakar Kalume, ni urugero...
Irushanwa ry’Igikombe cya Afurika riri kubera muri Maroc rikomeje gufata indi ntera, aho amakipe akomeye yatangiye kugaragaza ko yaje aharanira igikombe. Ku wa Gatanu tariki ya 9 Mutarama 2026, Maroc na Senegal zabaye amakipe abiri ya mbere akatisha...
Ubuzima bw’umuhanzikazi Fille Mutoni buravugwaho kuba mu kaga nyuma yo kujyanwa mu bitaro aho arimo kwitabwaho n’abaganga kubera ibibazo bikomeye byatewe no gukoresha ibiyobyabwenge. Ibi byamenyekanye nyuma y’uko umukunzi we, MC Kats, asangije amafoto ku mbuga nkoranyambaga agaragaza...
Umunyamakuru akaba n’umu-DJ wo muri Uganda, Sheilah Gashumba, yatangaje ko atazigera ahindura imyitwarire ye cyangwa ngo acike intege kubera amagambo amunenga ku mbuga nkoranyambaga, amushinja kwivanga mu rukundo rw’abandi bagore. Uyu mwaka wa 2026 watangiye mu buryo budasanzwe...
Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) yakomeje kugaragaza ko itazoroha kuri iyi sezo, nyuma y’uko Manchester City na Liverpool zitakaje intsinzi mu masegonda ya nyuma, ibintu byahaye Arsenal amahirwe akomeye yo gukomeza kuyobora no kurota igikombe cya shampiyona. Ku...
Ikipe y’Igihugu ya Mali yageze muri ¼ cy’Igikombe cya Afurika nyuma y’umukino w’ishiraniro wayihuje na Tunisia, umukino wavuyemo inkuru nyinshi zishingiye ku buryo wagenze no ku byo abantu batandukanye bakomeje kuwuvugaho nyuma. Uyu mukino wa ⅛ cy’irangiza wabereye...
Ibiciro by'ibikoresho by'ikoranabuhanga twese dukoresha biraza kuzamuka muri 2026 kubera ibiciro bya RAM- kimwe mu bintu bihendutse bigize za mudasobwa igiciro cyabyo cyikubye kabiri kuva mukwezi kwa cumi 2025. Ikoranabuhanga rikoresha ibintu byinshi kuva kuri telefoni zigezweho kugera...
Mu gitaramo cya mbere cy’uruhererekane ari gukorera i Las Vegas, Jennifer Lopez yongeye kugaragaza ko yishimira uwo ari we, ashyira imbere icyizere n’ubwisanzure mu myambarire, aho yasubije abamunenga mu buryo burimo urwenya n’ubwitonzi. Iki gitaramo cyabereye muri Colosseum...
Hagaragaye inkuru iteye impungenge ku rwego mpuzamahanga aho intanga ngabo z’umugabo umwe, zari zirimo impinduka z’uduce ndangakamere dutera kanseri, zakoreshejwe mu gutera inda hafi 200 mu bihugu bitandukanye by’i Burayi. Izi ntanga zari zirimo impinduka yo mu gace...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko atishimiye uburyo televiziyo CNN ikora, asaba ko ihindurirwa abayiyobora cyangwa igashyirwa mu maboko y’abashoramari bashya mu gihe Warner Bros. Discovery (WBD) ibarizwamo igiye kugurishwa. Ibi yabivugiye...