Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yahembuye imitima yabarenga ibihumbi 10 mu gitaramo ‘Icyambu 4’, abakitabiriye bataha birahira ko ari Noheli itazibagirana. Ni igitaramo cyabaye ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki 25 Ukuboza 2025,...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyicyambu uzwi cyane nka Israel Mbonyi, yongeye kwandika amateka nyuma yo kuzuza BK Arena ku nshuro ya kane, mu gitaramo yise “Icyambu 4”, cyitabiriwe n’abantu bagera ku bihumbi 10 mu...
Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yatangaje ko atajya ahangayikishwa n’ibyo kwambara igihe agiye gukora igitaramo (concert) ndetse n'indi minsi, ku buryo hari n’igihe atamenya icyo azambara. Avuga ko akunda guseka cyane, akaba...
Umuvugabutumwa wo muri Ghana witwa Ebo Noah yatawe muri yombi, ashinjwa gutangaza amakuru y’ibihuha yavugaga ko Isi izarangira tariki ya 25 Ukuboza 2025, aho Yesu azaba agarutse ku Isi gutwara Itorero rye. Mu minsi yashize, hacicikanye amafoto n’amashusho...
Ev Justin Hakizimana wabaye umunyamakuru igihe kirekire kuri Radio Umucyo ndetse na Life Radio y’itorero ADEPR yamaze kwemezwa ku mugaragaro kuzasengerwa akagirwa Pasteur mu itorero ADEPR. Nk’uko bigaragara mu rwandiko rw’ubutumire, Umuhango wo kumusengera mu nshingano za gishumba...
Women Foundation Ministries na Noble Family Church bagiye gukora ku nshuro ya 19 igikorwa ngarukamwaka cyo gushima Imana cyamamaye nka "Thanksgiving in Action" . Kuwa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, kuva saa tano za mu gitondo (11:00...
Apostle Marcelino Mário Bento, uzwi cyane ku izina rya Prophet Elijah, ni umwe mu bahanuzi bakomeye bo muri Angola, akaba avuga ko amaze imyaka icyenda (9) mu masengesho yo kwiyiriza ubusa, aho atunzwe no kunywa gusa, ndetse akaba...
Itsinda ry’abaririmbyi babarizwa muri Korali Ministers of God yo mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi rya Mbugangali mu Karere ka Rubavu bashyize hanze indirimbo yabo ya mbere bise ‘Rusi.’ Iyi ndirimbo y’amashusho isohotse nyuma y’umwaka umwe gusa iyi...
Mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, hari umuhanzikazi ufite ibihangano byabaye nk’urumuri rumurikira imitima iri mu mwijima, rukayisubizamo icyizere. Uwo ni Byukusenge Claire. Umuramyi Byukusenge Claire aherutse gushyira hanze indirimbo nshya yise “Nari Nkuzi”, ikaba...
Abaramyi James na Daniella Rugarama bakunzwe cyane mu ndirimbo zitandukanye nka "Mpa Amavuta", "Nkoresha", "Narakijijwe", "Hembura", "Yongeye Guca Akanzu", "Mutangabugingo" n’izindi nyinshi bategerejwe mu gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana cyiswe ‘Endless Worship’. Iki gitaramo cyateguwe n’itsinda ry’abaramyi...