Apostle Marcelino Mário Bento, uzwi cyane ku izina rya Prophet Elijah, ni umwe mu bahanuzi bakomeye bo muri Angola, akaba avuga ko amaze imyaka icyenda (9) mu masengesho yo kwiyiriza ubusa, aho atunzwe no kunywa gusa, ndetse akaba...
Itsinda ry’abaririmbyi babarizwa muri Korali Ministers of God yo mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi rya Mbugangali mu Karere ka Rubavu bashyize hanze indirimbo yabo ya mbere bise ‘Rusi.’ Iyi ndirimbo y’amashusho isohotse nyuma y’umwaka umwe gusa iyi...
Mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, hari umuhanzikazi ufite ibihangano byabaye nk’urumuri rumurikira imitima iri mu mwijima, rukayisubizamo icyizere. Uwo ni Byukusenge Claire. Umuramyi Byukusenge Claire aherutse gushyira hanze indirimbo nshya yise “Nari Nkuzi”, ikaba...
Abaramyi James na Daniella Rugarama bakunzwe cyane mu ndirimbo zitandukanye nka "Mpa Amavuta", "Nkoresha", "Narakijijwe", "Hembura", "Yongeye Guca Akanzu", "Mutangabugingo" n’izindi nyinshi bategerejwe mu gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana cyiswe ‘Endless Worship’. Iki gitaramo cyateguwe n’itsinda ry’abaramyi...
Mu myaka 19 ishize, ijwi rya Sarah Uwera Sanyu ryakomeje kwumvikana mu ndirimbo zubatse imitima ya benshi, zibibutsa gukomeza urugendo rwo kwizera no kubaho mu bugingo bushyitse. Ni umwe mu baririmbyi bakomeye ba Ambassadors of Christ Choir, korali...
Mu rwego rwo gukomeza kugeza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku rubyiruko cyane cyane urukoresha imbuga nkoranyambaga, Kiliziya Gatolika yahamagaje i Roma bamwe mu bapadiri bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitwarire ituma bakurikirwa cyane. Abo bapadiri bamenyekanye cyane ku...
Pasiteri Jullienne Kabanda wahoze ayobora Umuryango w’iyobokamana Grace Room Ministries uherutse gufungwa, yatangaje ko hari abantu bakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kwitonda no kudahumishwa n’amakuru atari ukuri.
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina ry’Ubutungane rya Leo XIV.
Uruhare rw’Urugendo rwa Hajj mu kubaka ukwemera n’ubumwe bw’Abayisilamu