Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2025, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka utaha wa 2026 nta modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakoresha amashanyarazi izaba ikorera muri uyu mujyi. Bamwe mu bafite amasosiyete atwara abagenzi...
Bamwe mu bakiliya basura amahoteri n’amacumbi (lodge) yo mu karere ka Rubavu, bavuga ko hari ubwo bahurira n’inshuti z’abo badahuje igitsina, bakaganira bagahuza urugwiro ndetse bikarangira bakoze imibonano mpuzabitsina. Mu bo twaganiriye batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuze...
Ubutumwa bushya bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somaliya, buzwi nka AUSSOM (African Union Support and Stabilisation Mission in Somalia), buri mu kaga ko guhagarikwa burundu kubera ikibazo gikomeye cy’amikoro. Itariki ya mbere Nyakanga yitezweho kuba umunsi ukomeye...
Bamwe mu bafite utubari ndetse n'abatugana mu Mujyi wa Rubavu, barinubira ko hari utubari tumwe dufungwa nyamara hari utundi dukesha, ibyo bashingiraho basaba ko amabwiriza yubahirizwa kimwe ku tubari twose. Bavuga ko kureka tumwe tugakomeza gukora utundi twafungiwe...
Mu gihe abatuye Isi bakomeza kwiyongera ariko ubutaka bwo guhingaho budahinduka, isi iri gushakisha ibisubizo byatuma abantu bihaza mu biribwa. Mu byo kwitabwaho harimo no kuvugurura uburyo bw’ubuhinzi hifashishijwe ikoranabuhanga, rikaba ririmo kongerera ibihingwa ubushobozi bwo kwihanganira indwara...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa 23 Gicurasi 2025, aho aje gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo gikomeye kizabera muri Kigali Universe kuri iki Cyumweru, tariki 25 Gicurasi 2025.
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibyihebe byishe abasirikare batatu b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique. Hari hashize iminsi mike ibyihebe byo muri “Islamic State” bikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique...
Imodoka ya Jean Marie Vianney Bangirana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, yafashwe n’inkongi y’umuriro ku mugoroba wo ku wa 4 Gashyantare 2025, irashya irakongoka. Iyi mpanuka yabaye ubwo yari avuye mu Nteko z’Abaturage mu...
“Uwo uri we wese, mu gihe ufite ‘camera’ cyangwa imbuga nkoranyambaga, hari inshingano ufite ku baturage. Ntukwiriye gukwirakwiza ibyo bintu by’umwanda.
Umunyapolitiki w’Umunya-Uganda Dr. Kizza Besigye, uzwi cyane mu guhangana na Leta ya Perezida Yoweri Museveni, yaburiwe irengero ubwo yari i Nairobi muri Kenya. Ibi byabaye tariki ya 16 Ugushyingo 2024, ubwo yari yitabiriye ibirori byo kumurika igitabo cya...