Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yemeye gutanga miliyoni 173,84 z’Amayero (ni ukuvuga arenga miliyari 289,4 Frw) azashyirwa mu mushinga wo guteza imbere urwego rw’ingufu mu Rwanda, hagamijwe kwegereza abaturage amashanyarazi, kwimakaza ikoreshwa ry’ingufu zitangiza, no gufasha ibigo bitanga...
Miss Nishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yahagurukiye amagambo amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yibasira umugabo we Michael Tesfay, bamwe bavuga ko yakennye no kugenda mu modoka rusange. Miss Naomie yabwiye abavuga umugabo...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Nyakanga 2025, ku Rwunge rw’Amashuri rwa SYIKI TSS ruherereye mu Karere ka Rutsiro, habaye ikibazo cyagaragaye nk’icyahungabanya umutekano w’ibizamini, ubwo abanyeshuri bo mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye (S6) bari mu...
Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2025, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka utaha wa 2026 nta modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakoresha amashanyarazi izaba ikorera muri uyu mujyi. Bamwe mu bafite amasosiyete atwara abagenzi...
Bamwe mu bakiliya basura amahoteri n’amacumbi (lodge) yo mu karere ka Rubavu, bavuga ko hari ubwo bahurira n’inshuti z’abo badahuje igitsina, bakaganira bagahuza urugwiro ndetse bikarangira bakoze imibonano mpuzabitsina. Mu bo twaganiriye batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuze...
Ubutumwa bushya bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somaliya, buzwi nka AUSSOM (African Union Support and Stabilisation Mission in Somalia), buri mu kaga ko guhagarikwa burundu kubera ikibazo gikomeye cy’amikoro. Itariki ya mbere Nyakanga yitezweho kuba umunsi ukomeye...
Bamwe mu bafite utubari ndetse n'abatugana mu Mujyi wa Rubavu, barinubira ko hari utubari tumwe dufungwa nyamara hari utundi dukesha, ibyo bashingiraho basaba ko amabwiriza yubahirizwa kimwe ku tubari twose. Bavuga ko kureka tumwe tugakomeza gukora utundi twafungiwe...
Mu gihe abatuye Isi bakomeza kwiyongera ariko ubutaka bwo guhingaho budahinduka, isi iri gushakisha ibisubizo byatuma abantu bihaza mu biribwa. Mu byo kwitabwaho harimo no kuvugurura uburyo bw’ubuhinzi hifashishijwe ikoranabuhanga, rikaba ririmo kongerera ibihingwa ubushobozi bwo kwihanganira indwara...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa 23 Gicurasi 2025, aho aje gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo gikomeye kizabera muri Kigali Universe kuri iki Cyumweru, tariki 25 Gicurasi 2025.
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibyihebe byishe abasirikare batatu b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique. Hari hashize iminsi mike ibyihebe byo muri “Islamic State” bikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique...