• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Buchaman yibasiye Eddy Kenzo nyuma yo kumufasha kwamamara

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’inararibonye akaba yarahoze ari Visi Perezida wa Firebase Crew, Buchaman,yongeye kugaragaza akababaro n’umujinya aterwa n’uko abantu yafashije kwamamara mu muziki batakimwibuka, by’umwihariko Eddy Kenzo, umuyobozi wa Big Talent Entertainment.

Nk’uko Buchaman abivuga, yagize uruhare rukomeye mu kwamamara kwa Eddy Kenzo, mu ntangiriro z’umuziki we ubwo yari muri Firebase Crew, aho Kenzo yamenyekanye bwambere binyuze mu ndirimbo Yanimba yakoranye na Mikie Wine, murumuna wa Bobi Wine. Ariko Buchaman avuga ko kuva Kenzo yakwamamara, atigeze ashimirwe n’uyu Kenzo.

Yagize ati: “Abantu bose nafashije kwamamara ubu barakize. Ubu Nubian Li ari hafi Gotorerwa kuba Meya, nyamara ni jye wamuzanye muri Firebase, aramenyekana. Kandi bamwae murabo baracyumva ko nyiri inshuti ya Bobi Wine kandi twatandukanye kera, buri wese akora ibye.”

Yakomeje agira ati: “Njye nigeze kuba visi perezida wa Firebase, ariko ubu nta kintu mfite ntaho mpagaze. Nigute nahindura ubuzima bw’abatuye mu ghetto kandi nanjye ubwanjye butarahinduka?”

Buchaman, ubu ukora nka Umujyanama wa Perezida  ushinzwe ibijyanye n’ibibazo by’abatuye muri ghetto, yavuze ko amaze igihe kinini atabonana na Perezida Museveni nubwo afite inshingano nyinshi.

Yavuze ko amasezerano yari yagiranye na Perezida harimo amasezerano atarashyirwa mu bikorwa, bituma yumva ko yibagiranye kandi ababaye.

Yasabye Eddy Kenzo na Bebe Cool, abo avuga ko bakiri hafi ya Perezida, kumufasha ku musabira mwanya wo guhura na we kugira ngo abashe ku mugezeho ibibazo bye ku giti cye.

Buchaman yanagaragaje ko amasezerano yari afitanye na Leta y’imyaka itanu  zarangira umwaka utaha, kandi yemeje ko nibatagira icyo bamufasha, ashobora kwisunga uruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Yasoje agira ati: “Nasabye Perezida kongera umushahara wanjye urenze miliyoni ebyiri (Shs 2 million) no kunshakira imodoka, ariko ambwira ko ibyo nkora ari umurimo w’Imana.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Mr. Lee yahakanye ibyu’ko B2C Entertainment igiye gutandukana

Next Post

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium - Uganda

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

B2C Entertainment yateguje igitaramo

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.