• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, April 8, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Buchaman yibasiye Eddy Kenzo nyuma yo kumufasha kwamamara

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi w’inararibonye akaba yarahoze ari Visi Perezida wa Firebase Crew, Buchaman,yongeye kugaragaza akababaro n’umujinya aterwa n’uko abantu yafashije kwamamara mu muziki batakimwibuka, by’umwihariko Eddy Kenzo, umuyobozi wa Big Talent Entertainment.

Nk’uko Buchaman abivuga, yagize uruhare rukomeye mu kwamamara kwa Eddy Kenzo, mu ntangiriro z’umuziki we ubwo yari muri Firebase Crew, aho Kenzo yamenyekanye bwambere binyuze mu ndirimbo Yanimba yakoranye na Mikie Wine, murumuna wa Bobi Wine. Ariko Buchaman avuga ko kuva Kenzo yakwamamara, atigeze ashimirwe n’uyu Kenzo.

Yagize ati: “Abantu bose nafashije kwamamara ubu barakize. Ubu Nubian Li ari hafi Gotorerwa kuba Meya, nyamara ni jye wamuzanye muri Firebase, aramenyekana. Kandi bamwae murabo baracyumva ko nyiri inshuti ya Bobi Wine kandi twatandukanye kera, buri wese akora ibye.”

Yakomeje agira ati: “Njye nigeze kuba visi perezida wa Firebase, ariko ubu nta kintu mfite ntaho mpagaze. Nigute nahindura ubuzima bw’abatuye mu ghetto kandi nanjye ubwanjye butarahinduka?”

Buchaman, ubu ukora nka Umujyanama wa Perezida  ushinzwe ibijyanye n’ibibazo by’abatuye muri ghetto, yavuze ko amaze igihe kinini atabonana na Perezida Museveni nubwo afite inshingano nyinshi.

Yavuze ko amasezerano yari yagiranye na Perezida harimo amasezerano atarashyirwa mu bikorwa, bituma yumva ko yibagiranye kandi ababaye.

Yasabye Eddy Kenzo na Bebe Cool, abo avuga ko bakiri hafi ya Perezida, kumufasha ku musabira mwanya wo guhura na we kugira ngo abashe ku mugezeho ibibazo bye ku giti cye.

Buchaman yanagaragaje ko amasezerano yari afitanye na Leta y’imyaka itanu  zarangira umwaka utaha, kandi yemeje ko nibatagira icyo bamufasha, ashobora kwisunga uruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Yasoje agira ati: “Nasabye Perezida kongera umushahara wanjye urenze miliyoni ebyiri (Shs 2 million) no kunshakira imodoka, ariko ambwira ko ibyo nkora ari umurimo w’Imana.”

Previous Post

Mr. Lee yahakanye ibyu’ko B2C Entertainment igiye gutandukana

Next Post

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
9 hours ago

Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije...

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
21 hours ago

Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri...

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro...

Next Post
Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium - Uganda

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

B2C Entertainment yateguje igitaramo

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32
Imikino

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze
Mu mahanga

Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda
Imyidagaduro

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20
Imyidagaduro

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
April 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.