• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Buchaman yibasiye Eddy Kenzo nyuma yo kumufasha kwamamara

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’inararibonye akaba yarahoze ari Visi Perezida wa Firebase Crew, Buchaman,yongeye kugaragaza akababaro n’umujinya aterwa n’uko abantu yafashije kwamamara mu muziki batakimwibuka, by’umwihariko Eddy Kenzo, umuyobozi wa Big Talent Entertainment.

Nk’uko Buchaman abivuga, yagize uruhare rukomeye mu kwamamara kwa Eddy Kenzo, mu ntangiriro z’umuziki we ubwo yari muri Firebase Crew, aho Kenzo yamenyekanye bwambere binyuze mu ndirimbo Yanimba yakoranye na Mikie Wine, murumuna wa Bobi Wine. Ariko Buchaman avuga ko kuva Kenzo yakwamamara, atigeze ashimirwe n’uyu Kenzo.

Yagize ati: “Abantu bose nafashije kwamamara ubu barakize. Ubu Nubian Li ari hafi Gotorerwa kuba Meya, nyamara ni jye wamuzanye muri Firebase, aramenyekana. Kandi bamwae murabo baracyumva ko nyiri inshuti ya Bobi Wine kandi twatandukanye kera, buri wese akora ibye.”

Yakomeje agira ati: “Njye nigeze kuba visi perezida wa Firebase, ariko ubu nta kintu mfite ntaho mpagaze. Nigute nahindura ubuzima bw’abatuye mu ghetto kandi nanjye ubwanjye butarahinduka?”

Buchaman, ubu ukora nka Umujyanama wa Perezida  ushinzwe ibijyanye n’ibibazo by’abatuye muri ghetto, yavuze ko amaze igihe kinini atabonana na Perezida Museveni nubwo afite inshingano nyinshi.

Yavuze ko amasezerano yari yagiranye na Perezida harimo amasezerano atarashyirwa mu bikorwa, bituma yumva ko yibagiranye kandi ababaye.

Yasabye Eddy Kenzo na Bebe Cool, abo avuga ko bakiri hafi ya Perezida, kumufasha ku musabira mwanya wo guhura na we kugira ngo abashe ku mugezeho ibibazo bye ku giti cye.

Buchaman yanagaragaje ko amasezerano yari afitanye na Leta y’imyaka itanu  zarangira umwaka utaha, kandi yemeje ko nibatagira icyo bamufasha, ashobora kwisunga uruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Yasoje agira ati: “Nasabye Perezida kongera umushahara wanjye urenze miliyoni ebyiri (Shs 2 million) no kunshakira imodoka, ariko ambwira ko ibyo nkora ari umurimo w’Imana.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Mr. Lee yahakanye ibyu’ko B2C Entertainment igiye gutandukana

Next Post

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
9 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium - Uganda

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

B2C Entertainment yateguje igitaramo

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.