• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Ariel Wayz yasubukuye imikoranire na Universal Music Group

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 24, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma yo gusubukura urugendo rwa kazi muri  Kenya aho yahuye n’ubuyobozi bwa Universal Music Group iherutse ku girana na Ariel Wazy amasezerano, ubu Ariel yasubiye muri Keny aho agiye kumarayo icyumweru mu bikorwa bya muzika. 

Ibi byari byitezwe ko Ariel, yakabaye yaragiye muri Kenya mu ntangiriro za Nzeri 2025, ariko muri icyo gihe urugendo rwakomwe mu nkokora n’uko yaje gutabwa muri yombi akurikiranywe ibiyobyabwenge.

Uru rugendo arusubukuye nyuma y’igihe yitabwaho n’abahanga mu bijyanye n’imitekerereze (Rehab), Ariel yaje gutaha asubira mu buzima busaazwe, atangira kwitegura ibijyanye no gusubukura urugendo rwe muri Kenya.

Uyu muhanzikazi yageze muri Nairobi ku wa 22 Ugushyingo 2025, azamarayo icyumweru aho azaba ari mu bikorwa byo gukorerayo indirimbo ndetse no kwamamza ibihangano bye abicishije mu ibitangazamakuru byo muri Kenya.

Ariel Wayz yinjiye bwa mbere muri iyi sosiyete muri Kamena 2025, igiye kumufasha cyane ko yari afitanye imikoranire n’inshuti ze za hafi.

Uyu muhanzikazi ufite imyaka 25, y’amavuko yatangiye gukora umuziki mu 2020, yamamara mu 2021 ubwo yasohoraga indirimbo yahuriyemo na Juno Kizigenza ‘Away’.

Mu minsi ishize, Ariel Wayz yasohoye album ya mbere yise ‘Hear to Stay’ iri mu zimaze iminsi zikunzwe mu Rwanda.

Ariel Wayz yateguje amashusho y’indirimbo zigize album ye ’Hear to star’ aherutse gusohora

Share2Tweet1Send
Previous Post

Undi nawe yatawe muri yombi akekwaho gukwirakwiza amashusho ya Yampano

Next Post

Nkeneye abajyanama bazima, Gisa cy’Inganzo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Nkeneye abajyanama bazima, Gisa cy’Inganzo

Nkeneye abajyanama bazima, Gisa cy'Inganzo

BK Arena ihenda bitewe n’icyo ugiye kuyikoreramo – Sharangabo Alex

BK Arena ihenda bitewe n’icyo ugiye kuyikoreramo - Sharangabo Alex

Sinjya mpanga indirimbo, Imana ni yo ibikora” – Richard Nick Ngendahayo

Sinjya mpanga indirimbo, Imana ni yo ibikora” – Richard Nick Ngendahayo

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.