• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuryango wa Babby Gloria wateye utwatsi ibihaha bivugwa ku mbuga nkoranyambaga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 20, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuryango w’umuhanzikazi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Baby Gloria, watangaje ko utemeranywa n’ibihuha bimaze iminsi bikwirarakwira ku mbuga nkoranyambaga, bivuga ko urugo rw’uyu muhanzikazi Baby, ruri mu marembera, ibi bihuha bije nyuma y’igihe cy’amezi make gusa bashinze urugo.

Mu munsi ishiz, ku mbuga nkoranyambaga yagiye havugwa amakuru, avuga ko umugabo wa Baby Gloria batameranye neza, hari n’andi makuru avuga ko Jonas Mbaleka, yaba afitenye umubano w’ibanga na mushiki we muto, Jolly Mirembe Ssenyonjo.

Biravugwa ko Jolly Mirembe Ssenyonjo yaba ri mu mubano wihariye n’umugabo wa Baby Gloria

Gusa nanone uyu muryango wahakanye ibi bivugwa wivuye inyuma, uvuga ko ari ibinyoma, bigamije guharabika no kwandagaza ndetse no guteza umwiryane mu muryango.

Na Jolly Mirembe ubwe yihutiye guhakana anasubiza kuri ibibyavuzwe, abinyujije ku rubuga rwe rwa Snapchat,  avuga ko ibyo bivuga nta kuri kubirimo.

Yagize ati: “Iyo nza Kuba nkundana n’umugabo we, ubu mba ndi kumwe n’umugabo wa Baby Gloria. Ibi byagaragaje ko ibi bihuha bidafite inshingiro bidashidikanywaho na gato.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Alien Skin yasabye abahanzi kureka politike bakongera kwibanda ku muziki

Next Post

Mutebi Ramanthan yatangaje ko ashaka kujyana mu rukiko ikigo cy’gihugu gishinzwe amatora muri Uganda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Zuba Ray yagowe bikomeye no kwakira ko yakoranye indirimbo na King James ahamya ko kubwe n’ubu akibifata nk’inzozi nubwo bamaze...

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Nyuma y’uko Christopher ashyize hanze album ye shya yise ‘H20), yavuze ko atemeranya n’abantu bakunze kuvuga ahri umuhanzi wa mbere...

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
6 hours ago

Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere...

Next Post
Mutebi Ramanthan yatangaje ko ashaka kujyana mu rukiko ikigo cy’gihugu gishinzwe amatora muri Uganda

Mutebi Ramanthan yatangaje ko ashaka kujyana mu rukiko ikigo cy’gihugu gishinzwe amatora muri Uganda

Uganda: Umuraperi Derrick Katongole yatangaje ko atemera ibyavuye mu matora

Uganda: Umuraperi Derrick Katongole yatangaje ko atemera ibyavuye mu matora

Uganda: Nyuma yo guhunga: Simfite uko nahindura imyenda – Bobi Wine, ndashaka gusubira mu rugo

Uganda: Nyuma yo guhunga: Simfite uko nahindura imyenda - Bobi Wine, ndashaka gusubira mu rugo

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi
Imyidagaduro

Nyuma y’uko Zaba Ray akoranye indirimbo na King James – ndumva nkiri mu nzozi

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho
Imyidagaduro

Umuneza Christopher  ubwo yamurikaga album ye H20 yavuze ko nta muhanzi wa mbera ubaho

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye
Imyidagaduro

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde
Imyidagaduro

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.