• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 11, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Mark Bugembe wamamaye ku izina rya Buchaman, yatangaje amakur nyuma y’indirimbo ya Bobi Wine na Juliana Kanyomozi yitwa “Taata Wabana”, avuga ko uburyo iyo ndirimbo yakozwe mu buryo bwuzuye amarangamutima n’ubuzima bwo muri ghetto.

Buchaman yavuze ko iyo ndirimbo itari umushinga usanzwe muri studio, ahubwo ko ari nkuru mpamo ibabaje cyane abari bagize itsinda rya Firebase crew.

Ati: “Indirimbotaata Wabana yagarutse ku buzima bwa Ghetto. Hari umugabo ukora akazi ko gutwara imizigo ku ngorofani (wheelbarrow) mu isoko rwa Owino, watwegereye atubwira inkuru ye — uko yageze mu rugo nimugoroba agasanga umugore we yamaze gupakira ibintu byose akahukana, akamusiga wenyine mu nzu. Byarababaje cyane kandi bihinduka isoko y’amagambo bakoresheje muri y’indirimbo.”

Avuga ko Bobi Wine yababajwe cyane n’iyo nkuru, bituma ahita ajya muri studio kugira ngo iyo nkuru ayicuremo indirimbo ifite ubutumwa.

Buchaman yunzemo ati: “Bobi Wine yahise ajya muri studio, afata umwanya utari muto ya nkuru ayikuramo indirimbo ndetse ayandika n’amagambo ya juliana. Julian  yari mu kiganiro kuri Radio. Nyuma, Julian yaje gusoza ikiganiro kuri Radio Capital FM, na we ahita aza muri studio afata igitero kimwe akiririmba neza, indirimbo iragira gutyo.

Ubufatanye bw’aba bahanzi bombi bwahaye y’indirimbo gukundwa n’Abanya-Uganda batari bake, bityo y’indirimbo yunganira amarangamutima yo muri Ghetton’amajwi yuje ubugwaneza arangajwe imbere n’ubutumwa bukora ku mitima y’imiryango myinshi.

Buchaman kandi y’indirimbo yamwibukije ubucuti bukomeye yari afitanye na Juliana Kanyomozi, afata nk’umubyeyi wa mbere muri Firebase Crew.

Ati: “Julianayari nshuti yanye y’akadasohoka. Yakunda kuza kudusura i Kamwokya ashoje akazi ke ko kuri Radio. Yari afaite umwanya uhoraho mu modoka yacu twitaga ‘war bus’ kandi yarazi imvugo nk’inkuru zose za Ghetto. Nta na rimwe twigeze tujyirana amakimbirane, yari nk’umuryango kuri twe.”

Indirimbo Taata Wabana kugeza n’ubu ifatwa nk’imwe mu ndirimbo z’ibihe byose muri Uganda, ishimangira uburyo umuziki ushobora kuba urukuta rwinjira mu buzima, kandi ugahuza imitima y’abari mu buzima butandukanye.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Hope and Love” yegukanye igihembo cya Grammy Awards

Next Post

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats  , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi...

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
6 hours ago

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko...

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
7 hours ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco,...

Next Post
Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Yvan Muziki agiye kumurika Album ‘Inganzo Ntahangarwa’

Yvan Muziki agiye kumurika Album 'Inganzo Ntahangarwa'

Yampano yahuye n’ihungabana nyuma yo gusakazwa amashusho ye y’urukozasoni

Yampano yahuye n’ihungabana nyuma yo gusakazwa amashusho ye y’urukozasoni

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA
Imyidagaduro

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo
Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana
Imyidagaduro

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.