• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, March 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Regina Daniels yavugishije benshi nyuma yo kugura inzu

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Regina Daniels wakinanye na Alliah Cool muri filime yitwa ‘The Waiter’ ya AY Comedian, yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yaguze nyuma yo gutandukana n’umugabo we wigeze no kuba umusenateri bari bamaze igihe babana.

Uyu mugore ufite abana babiri yabyaranye n’uyu mugabo umurusha imyaka 39, asanzwe ari icyamamare muri sinema ya Nigeria by’umwihariko akaba yarakinnye muri ’The waiter’ yitwa Idara akaba umukozi wa hoteli yari yashimutiwemo abayobozi ufatanya na mugenzi we uba yitwa Akpos ariko amazina ye nyayo akaba Ayo Makun, mu gushashya ibyihebe biba byashimuse abayobozi.

Uyu mukobwa bivugwa ko yimukiye muri iyi nzu nshya ahunze umugabo we ashinja kumuhoza ku nkeke nubwo bafitanye abana batatu

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje ko yaguze inzu nziza muri Nigeria, ati “Ndi umwamikazi mu nzu yanjye […] Ibi uretse kubyikorera nabikoreye n’umuryango wanjye.”

Mu 2019 uyu mukobwa yakundanye n’umugabo wigwijeho amafaranga Chinedu Munir Nwoko wamenyekanye nka Ned Nwoko akaba yarigeze no kuba umu senateri muri Nigeria.

Uyu mukobwa yakinanye na Alliah Cool muri filime ‘The Waiter’

Iki gihe uyu mukobwa wari ufite imyaka 19, byamugize umugore wa gatandatu w’uyu mugabo wari ufite imyaka 58 y’amavuko.

Mu 2020 yaje kwibaruka imfura ye n’uyu mugabo ndetse mu 2022 babyarana umwana wa kabiri.

Icyakora guhera muri Gashyantare 2025 amakuru yari yatangiye kuvuga ko aba bombi batandukanye nubwo batigeze babivugaho. Ibi byatijwe umurindi no kuba uyu mugore yarasibye konti ye ya Instagram aza kuyisubizaho yaramaze gukuraho izina ry’umugabo.

Regina Daniels yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yamaze kugura

Ku rundi ruhande hari amakuru yavugaga ko batandukanyijwe n’uko uyu mugabo yari amaze iminsi abanye neza n’undi mukinnyi wa sinema Chika Ike byanakunze kuvugwa ko yamugize umugore wa karindwi icyakora birangira babihakanye.

Icyakora nubwo bari bamaze igihe bashyamirana, byabaye bibi mu minsi ishize ubwo uyu mugore yashinjaga umugabo we kumuhohotera agahita yahukana.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ni umuryango wamfashije kwegerana n’Imana- Sarah Sanyu 

Next Post

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
8 minutes ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
60 minutes ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.