Feffe Bussi yatangaje ko yanenze bikomeye Bebe Cool na Eddy Kenzo
Feffe Bussi yagaragaje ko yishimiye cyane amakimbirane akomeje kuba hagati y’ibyamamare bikomeye mu muziki, Bebe Cool na Eddy Kenzo, aho umwuka mubi ukomeje gukomera hagati y’amatsinda ababombi ariyo Gagamel na Big Talent. Mu minsi ishize, aya matsinda yombi yari amaze igihe yibasirana ku mbuga nkoranyambuga,...









