Ikiganiro cya The Ben na Perezida Kagame gikomeje gutera amatsiko abafana be
Mu mugoroba wa Noheli wahurije hamwe abantu batandukanye b’ingeri zinyuranye, Perezida Paul Kagame yagaragaye aganira n’abahanzi batandukanye bari batumiwe muri uwo muhango, barimo n’umuhanzi w’icyamamare The Ben, bagiranye ikiganiro cyihariye cyakomeje gukurura amatsiko y’abakurikiranira byahafi imyidagaduro. The Ben ni umwe mu bantu barenga ibihumbi bibiri...









