Donald Trump yasinye itegeko rikumira abihinduje ibitsina mu mikino cyangwa amarushanwa yagenewe abagore
Donald Trump akigera ku butegetsi yasinye itegeko ribuza ababana bahuje ibitsina kujya mu gisirikare, nyuma y’igihe gito avuga ko agomba gushyiraho amategeko na politike bihindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu mirimo itandukanye. Nyuma y’iminsi irindwi akumiriye abihinduje igitsina mu gisirikare, yageze no...









