Perezida Kagame: “Ikoranabuhanga ry’Afurika rigomba kuba irya bose, si iry’abatoranijwe”
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahamagariye ibihugu bya Afurika gushyira imbere ikoranabuhanga rifasha abaturage bose, aho kuba iry’abatoranijwe bake, ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama y’Isi y’Ikoranabuhanga kuri telephone izwi nka Mobile World Congress (MWC) yabereye i Kigali mu mwaka wa 2025. Ikoranabuhanga ry’Afurika...









