Buchaman yibasiye Eddy Kenzo nyuma yo kumufasha kwamamara
Umuhanzi w’inararibonye akaba yarahoze ari Visi Perezida wa Firebase Crew, Buchaman,yongeye kugaragaza akababaro n’umujinya aterwa n’uko abantu yafashije kwamamara mu muziki batakimwibuka, by’umwihariko Eddy Kenzo, umuyobozi wa Big Talent Entertainment. Nk’uko Buchaman abivuga, yagize uruhare rukomeye mu kwamamara kwa Eddy Kenzo, mu ntangiriro z’umuziki we...







